Mu Mujyi wa Kigali hagiye kubera irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo mu mukino wa Basketball mu Karere k’Uburasirazuba bwa Afurika mu cyiciro cy’abagore. Ni irushanwa rizaba mu minsi umun...
Urwego rw’igihugu rw’Iterambere, RDB, rwaraye rugiranye amasezerano n’Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika ari mo ingingo y’uko ku myambaro y’amakipe azakira imikino ya Africa Football...
Umugereki witwa Petros Koukouras utoza Ikipe ya Kiyovu ashima abakinnyi be ko bihangana bagakina n’ubwo ubukene bubamereye nabi ku buryo hari bamwe basohorwa mu nzu kubera kubura ubwishyu. Ibibazo byu...
APR Volleyball Club na Police Volleyball Club zihagarariye u Rwanda mu irushanwa rya Volleyball rya Nyerere Cup 2023, aya makipe yombi yaraye abonye itike ya ¼ na ho APR WVC na RRA WVC zibona itike ya...
Nyuma yo kunganya na Bugesera FC igitego 1-1 mu mukino waraye uhurije aya mapike muri Kigali Pelé Stadium, abafana na APR FC ntibishimiye uku kunganya, ubu bakaba basaba ubuyobozi bw’iyi kipe kwiruk...
Ladislas Ngendahimana usanzwe uyobora RALGA yakuyemo kandidatire yari yaratanze yo kuyobora FERWACY. Niyo Kandidatire rukumbi yari yaratanzwe kugeza ubu. Kwiyamamaza kwe kwataje impaka mu bakurikirani...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane wa Afurika, CAF, yatangaje ko Salma Mukansanga ari mu basifuzi batazasifura imikino y’igikombe cy’imikino y’Afurika mu mupira w’amaguru mu mwaka wa ...
Abakina umukino w’amagare mu ikipe y’igihugu bagiye muri Cameroun guhatana na bagenzi babo bitabiriye irushanwa Grand Prix Chantal Biya 2023, Iri siganwa rizatangira kuri uyu wa Kabiri taliki 03, Ukwa...
Kuri iki Cyumweru taliki 01, Ukwakira, 2023 mu Mujyi wa Kigali haratangizwa uburyo bwihariye bwo kwigisha abana gutwarira igare muri kaburimbo itarimo ibinyabiziga. Ni Car Free Day yagenewe abana. Mur...
Minisitiri wa Siporo afatanyije n’ubuyobozi bw’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare ku isi( UCI) no mu Rwanda, FERWACY, batangaje ku mugaragaro ko u Rwanda ruzakira isiganwa ry’amagare ku rwego rw...









