Mu Karere ka Gasabo hari kubakwa inzu mberabyombi izakinirwamo imikino y’amaboko ikinirwa imbere mu nzu. Ni inzu y’ishuri ya Ecole Belge de Kigali, izaba ifite ubushobozi bwo kwakira imikino itanu ita...
Umunyarwandakazi Clare Akamanzi wahoze uyobora RDB yagizwe umuyobozi wa NBA Africa. Ni ibyemejwe kuri uyu wa Gatatu taliki 27, Ukuboza, 2023. Akamanzi ni umunyamategeko ariko uzwiho kuyobora neza ibig...
Abubaka Stade Amahoro mu Murenge wa Remera muri Gasabo bavuga ko kuyubaka bimaze kugera kuri 90%. Iri gusakarwa, yashyizwemo intebe, ibyatsi ndetse ibyo byatsi ubu byashyizwemo amatiyo yo kubyuhira mu...
U Rwanda, Afurika y’Epfo na Nigeria nibyo b’ibihugu by’Afurika biri guhatanira gutoranywamo kimwe cyazakira imikino mpuzamahanga njyarugamba igize icyo muri Amerika bita Ultimate Fighting Championship...
Mu isiganwa rya metero 400 ku maguru ry’Abadepite b’abagore bari mu Rwanda mu mikino y’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, Umunyarwandakazi Hon Germaine Mukabalisa yabaye uwa mbere ahembwa umudali wa...
Ikigo gitegura kandi kigatanga ibihembo ku basiganwa mu mdoka zirimo n’izisiganwa muri Formula 1 cyatangaje ko guhemba abitwaye neza muri uyu mukino mu marushanwa azaba mu mwaka wa 2024 bizaber...
Aba bakinnyi bavuze ko badashobora gukomeza gukora imyitozo kubera ko hari ibirarane bafitiwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe. Basabye ko bagirana inama n’ubuyobozi bwa AS Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa 30...
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yatangaje ko hari umukino wa gishuti iri gutegura hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania. Ni umukino uzaba taliki 25, Ugushyingo, 2023 ukazabera kuri stade ya N...
Michel Masabo wari umaze imyaka itatu ari Umunyamabanga mukuru wa APR FC yavanywe kuri uyu mwanya ku mpamvu itangazamakuru rigicukumbura kuko zitigeze zitangazwa. Amakuru avuga ko ‘ashobora’ kuzasimbu...
Kuri iki Cyumweru hatowe Komite nyobozi nshya y’Ishyirahamwe ry’umukino wo gutwara igare. Iyobowe na Ndayishimiye Samson watowe ku manota 8 andi atatu atora Oya. Yungirijwe na Visi Perezida wa mbere w...









