Sahabo ni Umunyarwanda ukina muri Standard de Liège imwe mu makipe akomeye yo mu Bubiligi. Yagizwe umukinnyi w’ukwezi nyuma yo guhigika abo bahatanaga barimo Marlon Fossey, William Balikwisha, Bodart ...
Aristide Mugabe wari umaze imyaka irindwi akinira iyi kipe iri mu muzikomeye muri Basketaball y’u Rwanda yayisezeyeho. Yashimiye abamubaye hafi mu myaka amaze akinira iyi kipe. Iby’uko yayivuyemo yabi...
Kakooza Nkuriza Charles (KNC) usanzwe ari Perezida wa Gasogi United yisubiyeho ku cyemezo yari aherutse gufata cyo gukura ikipe ye mu mupira w’amaguru mu Rwanda kubera ‘umwanda’ avuga ko uwubamo. Kur...
Nyiri ikipe ya Gasogi FC witwa Charles Kakooza Nkuriza (KNC) yatangaje ko asheshe ikipe ye ya Gasogi United kubera ibyo yise ko bidahwitse biri mu mupira w’amaguru mu Rwanda. Iki cyemezo yagifashe nyu...
Nyuma yo kugira ibyo batumvikanaho ndetse akabwirwa ko amasezerano ye yaseshwe, umutoza wungirije wa Addax Sport Club, Bokota Ndjoku Labama, yagaruwe mu kazi n’umuyobozi w’iyi kipe, Mvukiyehe Juvénal....
Ni abakinnyi bari bakubiswe n’inkuba mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo bari batangiye umukino wahuzaga Ikipe y’Abato ya Rambura WFC na Inyemera ya WFC yo muri Gicumbi. Uwo mukino wari wabereye kuri st...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Mutarama, 2024, Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ryasinyanye amasezerano na Sosiyete za A.S.O yo mu Bufaransa na Golazo yo mu Bubiligi ngo azarifashe...
Ikipe yari ihagarariye u Rwanda mu marushanwa y’igikombe cya Mapinduzi Cup cyabereraga muri Zanzibar ari yo APR FC yaraye itsindiwe mu mukino wa ½ . Yatsinzwe n’ikipe yitwa Mlandege FC yo muri Zanziba...
Aurore Mimosa Munyangaju ushinzwe iterambere rya Siporo zose mu Rwanda yashimye APR FC uko iri kwitwara mu marushanwa ya Mapinduzi Cup ari kubera muri Zanzibar. Ni nyuma y’uko iyi kipe y’ingabo z’u Rw...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) riteganya ko muri uyu mwaka wa 2024 rizakoresha ingengo y’imari ingana na Frw 9.932.725.243 . Muri iyi ngengo y’imari, Miliyari Frw 5,73 azakores...









