Umuhanzi Bruce Melodie akaba na rwiyemezamirimo yabwiye itangazamakuru ko kuba ikipe ye yatsinzwe mu mukino wayo na REG Basketball Club atari ikintu cyo gutindaho cyane kuko mu gihe kiri imbere bizake...
Umukinnyi Luvumbu wari usanzwe ari mu bakomeye ba Rayon Sports yaraye ageze iwabo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyuma y’uko ahagaritswe n’ikipe ye kubera ikibazo cya Politiki yazanye muri sip...
Ku wa Gatatu taliki ya 9, Gashyantare, 2024, ni bwo hatangiye Shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu mukino w’intoki wa Basketball mu bagabo n’abagore. Amakipe abiri makuru ari yo REG Basketball Club na A...
Amakuru aravuga ko ku bwumvikane bw’impande zombi, umukinnyi Luvumbu yatandukanye na Rayon Sports. Uyu mukinnyi yari aherutse gukora ikimenyetso cyarakaje bamwe mu bafana b’Abanyarwanda basanzwe bakur...
Ku mbuga nkoranyambaga za Rayon Sports yanditsho ko yitandukanyije n’Umunye-Congo uyikinira Héritier Nzinga Luvumbu uherutse gutanga ubutumwa akoresheje ikimenyetso kitavuzweho rumwe na benshi. Icyo ...
Ubwo yari amaze gutsinda igitego Police FC mu ishoti ryiza rya coup franc, Héritier Nzinga Luvumbu yishimiye iki gitego akora ikimenyetso cyatangijwe n’Umuvugizi wa Guverinoma ya DRC aho Nzinga akomok...
Umuyobozi wa NBA Africa Clare Akamanzi yaraye yitabiriye umukino wa mbere wa Basketball wa Shampiyona nyarwanda wahuje REG na Inspired Generation wabereye muri BK Arena. Ni imikino ya igizwe Shampiyon...
Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda, FERWABA, ryatangaje ko Shampiyona y’icyiciro cya mbere izatangira mu mpera z’iki Cyumweru kizarangira taliki 11, Gashyantare, 2024. FERWABA yatangaje k...
Rwiyemezamirimo Masaï Ujiri yabwiye The Bloomberg ko ateganya kuzabaka hirya no hino muri Afurika ahantu h’imikino, imyidagaduro no kuruhuka yise Zaria Courts. Hari mu kiganiro yahaye iki kinyamakuru ...
Ikipe y’abagore b’Abanyarwandakazi bakina Volley y’abafite ubumuga na basaza babo baraye bakiriwe gitwari ubwo bari bakubutse mu mikino ya Shampiyona nyafurika bitayemo neza. Iyi Shampiyona Nyafurika...









