Ku munsi wayo wa Gatatu wa Tour du Rwanda ( ushyizemo n’umunsi iri siganwa ryatangiriyeho) abasiganwa barahaguruka mu Karere ka Huye bagana mu Karere ka Rusizi, mu Murenge wa Kamembe. Abasiganwa barac...
Itamar Einhorn wo mu ikipe Israel-Premier Tech niwe watwaye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda kavuga i Muhanga kagana i Kibeho....
Umukinnyi wo muri Ethiopia witwa Krab Tesfay yakoreye impanuka hafi y’i Save ariko akomereka byoroheje. Ikindi kivugwa ni uko mu bakoze impanuka harimo n’Abanyarwanda. Hagati aho isiganwa rirakomeje r...
Kuva Mugabe Aristide yajya mu ikipe nshya muri Shampiyona ya Basketball y’u Rwanda yitwa Kepler BBC nibwo iyi kipe yatsinze umukino wari wayihuje na Titans BBC. Warangiye iyi kipe itsinze amanota 60...
Abatuye mu Mujyi wa Muhanga no mu nkengero zaho bazindukiye muri uyu Mujyi ngo barebe uko abasiganwa ku magare bahaguruka berekeza i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru. I Nyaruguru kandi nabo bregerezanyij...
Umukino yaraye uhuje Bugesera FC na APR FC warangiye amakipe yombi anganya 0-0. Igice cya mbere cyawo cyaranzwe nuko buri amakipe yombi yakiniraga umupira hagati ahererekanya, ariko ntihaboneke ubury...
Agace ka mbere( Etape) ka Tour du Rwanda 16 katwawe na Jonathan Vervenne wo mu Bubiligi ukinira ikipe Soudal Quick-Step Devo. Iyi kipe yashinzwe mu mwaka wa 2015 ikaba ari iyo mu Bubiligi. Aka gace k...
Mu masaha make ari imbere mu Rwanda haratangira isiganwa rya Tour du Rwanda ku nshuro ya 16. Rizagira uduce umunani( etapes, stages), aka mbere kakaba kari butangirire kuri BK Arena kuri uyu wa 18, Ga...
Umukino waraye uhuje Espoir BBC na Tigers warangiye iyi kipe itsinze iya mbere ku manota 80, indi ifite amanita 72. Wari umukino ushyushye kuko amakipe yombi yaryanaa isataburenge, nta kinyuranyo kini...
Ku nshuro ya 16 mu Rwanda hagiye gukinwa isiganwa, Tour du Rwanda. Kuri iyi nshuro rigiye gukinwa n’ibihangange bitandukanye muri byo umunani bakinnye Tour de France Taliki 18, Gashyantare, 2024 nibw...









