Kuri Kigali Convention Center niho agace ka nyuma ka Tour du Rwanda kari butangirire kakanarangirira. Ku muzo(circuit) wa mbere, abasiganwa barahagaruka KCC – Gishushu – Nyarutarama –...
Uyu musore niwe utwaye agace ka Rukomo Kayonza kareshyaga na kilometero 158. Ni agace ka karindwi kari karekare kurusha utundi mu ntera ariko nanone kakaba ari ko katavunanye kuko ahantu harehare muho...
Abasiganwa ku magare 74 nibo bahagurutse mu Rukomo mu Karere ka Gicumbi bagana mu Karere ka Kayonza, aho bari burangirize agace ka karindwi. Ni intera ndende mu zasiganwe zose muri iyi Tour du Rwanda ...
Uwo ni Joseph Blackmore ukinira ikipe yo muri Israel yitwa Israel Prem Tech watwaye agace ko kuva i Musanze ukagera i Kigali kuri Mont Kigali. Intsinzi ye ihuriranye n’uko uyu munsi ari umunsi we w’am...
Pierre Latour ni Umufaransa watwaye agace ka gatanu ka Musanze Kinigi- aho abana b’ingagi bitirirwa amazina. Latour asanzwe akinira ikipe yo mu Bufaransa yitwa TotalEnergies. Niwe Mufaransa wa mbere ...
Uwo ni Ngendahayo Jérémie usanzwe ukinira May Stars.Yakuwe muri iri siganwa mu gace ka Kane ka Karongi-Rubavu nyuma yo gufata ku modoka. Hejuru y’ibi kandi yaciwe amande ya Frw 290,000 anakurwaho aman...
Agace ka Karongi-Rubavu katwawe n’Umubiligi witwa William Junior Lecerf. Asanzwe akinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo. Abaye Umubiligi wa kabiri utwaye etape muri Tour du Rwanda ya 2024 ibaye ku n...
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles avuga ko hari ibintu biri mu mupira w’amaguru byari bikwiye gukosorwa kuko biwica. Yabwiye RBA ko ubwo yatangazaga ko ikipe ye ivuye mu mupira ...
Jhonatan Restrepo wo muri Colombia niwe watwaye agace ka Tour du Rwanda kavaga i Huye kagana i Rusizi mu Murenge wa Kamembe. Uyu mugabo asanzwe akinira ikipe yitwa Polti Kometa...
Ikigo SUMMA cy’Abanya Turikiya cyasohoye amashusho yerekana Stade Amahoro iri kwaka amabara aranga ibendera ry’u Rwanda. Ni ikimenyetso cy’uko imirimo yo kuyubaka iri kugera ku ndunduro kandi bigaha a...









