Muri Kamena, 2024 mu Birwa bya Maurices hazabera isiganwa mpuzamahanga ry’umukino w’amagare rizitabirwa n’Ikipe y’u Rwanda y’umukino w’amagare. Ni isiganwa ryiswe Tour de Maurice. Rizaba ribaye ku nsh...
Nyuma yo kuyitsinda amanota 73 kuri 59, Patriots BBC yakuye APR BBC ku mwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona y’uyu mukino mu Rwanda. Yari iri ku mwanya wa mbere w’agateganyo, umukino waraye uhuje ...
Clare Akamanzi wigeze kumara igihe ayobora RDB yakiriwe na Perezida Kagame. Yari aherekeje abayobozi ba BAL bayobowe na Amadou Fall uyobora iri rirushanwa. Intego nkuru yari ukuganira ku migendekere y...
George Weah wahoze uyobora Liberia akaba yarabaye n’umukinnyi ukomeye w’umupira w’amaguru yemeje azaza kureba igikombe cy’Isi cy’Aba-Veterans kizabera i Kigali mu Rwanda. Kuri X ye niho yabitangarije....
Ikipe ya Gisagara Volleyball Club iri mu zikomeye kurusha izindi muri uyu mukino yabuze ku kibuga mu mukino yagombaga gukina na REG Volleyball Club iterwa mpaga. Ni mu mukino wa shampiyona y’icyicir...
Rayon yatanze ikirego mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) irega ikigo cyahawe isoko ryo gucuruza amatike ku mikino yakinwe muri Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda igishinja kwinjiza abafa...
Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko buhagaritse Niyonzima Olivier Sefu wari usanzwe ari kapiteni wayo. Impamvu ngo ni uko afite imyitwarire ubuyobozi bwa Kiyovu bwemeza ko ‘idahwitse’. Sefu yari...
Uwo ni Emile Ndagijimana usanzwe ari umutoza akaba n’umukinnyi w’umukino njyarugamba wa Kung-Fu waraye wegukanye igikombe mu marushanwa yari amaze iminsi abera muri Maroc. Igikombe yatwaye ni icyakini...
Ubuyobozi bwa Basketball Africa League bavuze ko ikipe y’Uburundi ya Basketball yitwa Dynamo BBC yatewe mpaga. Bibaye nyuma y’uko iyi kipe yanze gukinana umwambaro wanditseho Visit Rwanda nk’uko bigen...
Abakinnyi ba Dynamo BBC yo mu Burundi bavuga ko mu mikino ba BAL iri kubera muri Afurika y’Epfo mu kiswe Kalahari Conference batazambara imyenda iriho ubutumwa bwa Visit Rwanda. Mu masezerano Basketba...









