Nyuma yo gutozwa n’abakobwa babiri bo muri Paris Saint Germain, Ikipe y’abakobwa, abana bo mu Karere ka Bugesera bavuga ko bifitiye icyizere cyo kuzavamo abakinnyi bakomeye. Gatanazi Jean Guilean ni u...
Amavubi yazamutse ho imyanya ibiri ku rutonde ngarukakwezi rw’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi, FIFA. Ni umwanya wazamutse nyuma kwitwara neza mu mikino ibiri ya gicuti rwakinnye muri We...
Mu mukino waraye uhuje aya makipe mu ijoro ryakeye byarangiye Patriots BBC itsinze UGB BBC bigoranye kuko itayirushije amanota menshi. Yayitsinze ifite amanita 81 kuri 78 ya UGB. UGB ni ikipe itaramen...
Umunya- Tunisia witwa Dr Adel Zrane wari umutoza wongerera ingufu abakinnyi ba APR FC yitabye Imana yaguye iwe kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 2 Mata 2024. Iby’urupfu rwe rwabitswe n’abari bagiye kumu...
Uburwayi mu bakinnyi batanu ba AS Kigali bwabaye mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo bari bagiye gukina na Sunrise FC umukino w’umunsi wa 25 wa Shampiyona. Amakuru yemeza ko abo bakinnyi bajya gukina ba...
Paulina Dudek na Oriane Jean-François bari mu Rwanda muri gahunda yo guhugura abana batorezwa muri PSG Academy Rwanda ku by’umupira ariko no gusura ibyiza by’u Rwanda. Bazasura ahantu hatandukanye mu ...
Mu buryo butari bwitezwe, APR FC iri ku mwanya wa mbere muri Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda yaraye inganyije na Muhazi FC iri mu zidakomeye cyane mu Rwanda igitego 1-1....
Ubwo Mukura Victory Sports yatsindwaga na Rayon Sports, umufana wayo yaguye igihumura baramuhungiza kugira ngo agarure akuka. Ni nyuma y’igitego cyatsinzwe na Eric Ngendahimana. Umukino ukirangira mu...
Rayon Sports yatsindiye Mukura Victory Sports i Huye igitego 1-0, intsinzi yakuyeho agahigo Mukura yari yahaye Rayon ko izayitsinda ikayiha Pasika. Mukura yavugaga ko mu bihe bitandukanye mu mateka ya...
Gatera Edmond uvugira Mukura Victory Sports yatangaje ko ikipe avugira yitaguye kuzatsinda Rayon Sports, ikayiha Pasika. Umukino hagati y’aya makipe uzaba kuri uyu wa Gatandatu taliki 30, Werurwe, 202...









