Rivers Hoopers yo muri Nigeria yaraye itsinze APR BBC ku manota 78 kuri 71 bituma Hoopers ikatisha tike iyemerera kuzaza gukina imikino ya nyuma izabera muri BK Arena mu Mujyi wa Kigali mu ntangirir...
Umutoza wa Polisi FC, abakinnnyi, ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda n’abafana b’iyi kipe baraye bishimye kubera intsinzi y’igikombe cy’amahoro bari bamaze igihe bakumbuye kuko baherukaga gutwara iki gik...
Umukinnyi wa Benediction, Manizabayo Eric wamamaye ku izina rya Karadiyo na Umwimikazi Djazila baraye begukanye isiganwa ry’amagare ryo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 19...
Uwo ni uwamenyekanye nka Sarpong akaba yari umufana ukomeye wa Rayon Sports. Mu minsi mike ishize yahisemo kujya muri APR FC ayibera umufana. Byaratangajwe cyane mu itangazamakuru kuko byari ibintu bi...
Bamwe mu bakorana n’umunyamakuru wa Inyarwanda.com witwa Olivier Ishimwe usanzwe ukora imikino babwiye Taarifa ko bamuheruka ku wa Kane. Hari uwatubwiye ko kuwa Gatanu yamuhamagaye ngo yumve uko amere...
Umukino wahuje APR FC na Kiyovu Sports warangiye APR iwutsinze ku 1-0 bituma itwara igikombe cya Shampiyona ya 2023/2024. Hari ku mukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona wabaye Kuri uyu wa Gatandatu ,Kuri...
Muri Kamena, 2024 mu Karere ka Huye hateganyijwe kuzabera isiganwa mpuamahanga ry’umukino wo gutwara imodoka. Biteganyijwe ko uzaba hagati y’itailiki 14 na 16, Kamena, 2024. Ibyo byatangarijwe mu Nama...
APR FC yaraye itakaje amahirwe yo kurara itwaye igikombe cya 22 cya Shampiyona nyuma yo kunganya na AS Kigali 2-2. Hari ku mukino w’ikirarane cy’umunsi wa 26. Wagombaga kuba warakinwe taliki 5, Mata, ...
FERWABA yateguye irushanwa ryo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Abazarikina ni abo mu makipe ane yo mu Cyiciro cya Mbere mu bagabo n’abagore, rikazakinwa mu minsi ibiri ni u...
Abafana ba APR FC n’abakunda umuziki muri rusange basezeye ku Umunya-Tunisia Dr Adel Zrane wari umutoza wongerera imbaraga abakinnyi uherutse gutabaruka. Icyateye urupfu rwe ntikiramenyekana kuko Urwe...









