Abantu barimo abanyapolitiki bakomeye, ibyamamare n’abaherwe baraye banyagiwe n’imvura yaje itunguranye ubwo bari bari hanze bakurikiranye itangizwa ry’imikino olimpiki igiye kubera i Paris mu Bufaran...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko yakiriye rutihizamu Haruna Niyonzima wayiherukagamo mu mwaka wa 2007 ni ukuvuga ko hashize imyaka 17. Haruna yasinye amasezerano y’umwaka umwe akina muri iyi ...
Umunya-Mauritania witwa Mamadou Sy ukinira APR FC yaraye ayitsindiye El-Merreikh Bentiu yo muri Sudan y’Epfo igitego 1-0, Byatumye igira amahirwe yo kubona itike ya 1/2 mu Irushanwa rihuza amakipe yab...
Victor Mbaoma wa APR FC yaraye atindiye ikipe ye igitego mu mukino yakinaga na Singida Black Stars. Wari umukino wa mbere APR FC yari itangiye muri CECAFA Kagame Cup 2024. CECAFA Kagame Cup 2024 iz...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko Stade Amahoro ivuguruye izafasha mu kuzamura impano z’abakiri bato. Avuga ko intego ari ukuba mu beza muri Afurika. Yabitangaje ubwo yatahaga iyi Stade ivuguruye kur...
Kuri Stade Amahoro i Remera hari abashinzwe umutekano benshi n’abandi bashinzwe kureba uko ibintu byifashe mu rwego rwo kurindira umutekano abari baze mu gikorwa cyo kuyitaha kiri bukorwe na Kagame Pa...
Itangazo ryasohowe na RDB rivuga ko amasezerano iki kigo cyari gifitanye n’ikigo EasyGroup EXP y’uko u Rwanda ruzakira umukino w’igikombe cy’isi mu mupira w’amaguru ku bagacishijeho, yasheshwe. Uwo mu...
Bamwe ni ab’i Kigali, abandi no abo mu nkengero ndetse hari n’abaturutse i Rwamagana mu Ntara y’Uburasirazuba…bose bari baje kureba stade Amahoro imaze imyaka ibiri ivugururwa, kuva icyo gihe ikaba ar...
Urutonde rwakozwe n’abateguye isiganwa mpuzamahanga ngarukamwaka rikorwa ku maguru ryitwa Kigali Peace Marathon batangaje ko mu bagore barisiganwemo, abo muri Ethiopia na Kenya ari bo bihariye imyanya...
Kuri uyu wa Gatanu mu Rwanda haratangira imikino yo kureba amakipe azakina imikino ya nyuma. Iyo mukino izakinwa nyuma y’isozwa rya shampiyona ya Volleyball isanzwe ya 2024, hakaboneka amakipe ane yab...









