Umuyobozi w’Ikigo gifasha abantu kugorora ingingo Cali Fitness gikorera i Nyarutarama witwa Ivan Munyengango avuga ko ikigo cye cyagize uruhare mu gutuma abantu 23,000 bagira umubiri ugororotse, bikab...
Umukino wa nyuma wa Shampiyona ya Basketball mu Rwanda waraye uhuje APR BBC na Patriots REG BBC warangiye APR itsinze ku manota 77-59 ihita itwara igikombe cya Baskeball. Ikipe ya gatatu yabaye Patri...
Amakipe abiri akomeye mu mukino wa Basketball mu Rwanda yaraye yigejeje ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihugu. Ayo ni APR BBC yatsinze Patriots amanota 90-71 na REG BBC yatsinze Espoir ku manota 9...
Myugariro Rutanga Eric wamaze igihe ari mu bakomeye muri Rayon Sports ubu yerekeje muri Gorilla FC. Kuri uyu wa Kabiri nibwo Gorilla FC yahaye ikaze Rutanga Eric, ibimenyesha bose binyuze ku ifoto ba...
Muri Uganda ahaberaga irushanwa riba buri mwaka ryitwa KAVC International Volleyball Tournamennt yaraye harangijwe iyo mikino, muri yo amakipe y’u Rwanda yitwaye neza. Ayo ni APR VC (abagabo n’abagore...
Azam FC yomuri Tanzania yaraye itsinze Rayon Sports mu mukino wa gicuti wakinwe ku munsi Rayon yise ‘uw’igikundiro’. Yayitsinze igitego 1-0, abafana bayo batahana agahinda. Rayon yari yakinishije abak...
Biherutse gutungura kandi birakaza abagize itsinda rya Sudani y’Epfo bitabiriye imikino olempiki ubwo bumvaga hacuranzwe indirimbo itari iy’igihugu cyabo. Icyo gihe hacuranzwe iya Sudani; igihugu Suda...
Uwo ni Diane Ingabire waraye utsinzwe mu isiganwa ku igare yakoreshejemo iminota umunani n’amasogonda 27 aho yasiganwaga n’Umunya Australia witwa Brown Grace akamwanikira akanamutwara umudali wa zahab...
Umwe mu Banyarwanda[kazi] bitabiriye imikino Olimpiki iri kubera mu Bufaransa yasezerewe. Ni Uwihoreye Tufaha wakinaga umukino wo kurwanisha inkota, akaba yatsinzwe n’Umuyapani witwa Miho Yoshimura....
Robertinho uherutse gusinya ko agiye kongera gutoza Rayon avuga ko kugaruka agasanga mu bubiko bwayo kimwe mu bikombe yayihesheje ari iby’agaciro. Yaraye abitangaje nyuma yo gusinya amasezerano yo kuy...









