Police FC yasezerewe na SC Constantine yo muri Algeria mu marushanwa nyafurika ahuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo, CAF Confederation Cup, ku bitego bibiri kuri kimwe. Umukino wahuje aya makipe waber...
Icyamamare mu isiganwa mu modoka zihuta cyane zisiganwa mu kitwa Formula 1 witwa Lewis Hamilton yavuze ko yumva yatura mu Rwanda kandi akavuga ko ashyigikiye ko ruzakira irushanwa rya Formula 1 rumaz...
Biciye kuri Ruboneka Bosco na Mugisha Gilbert bita Barafinda APR FC yatsinze AZAM FC ibitego bibiri ku busa bituma ihita iva mu majonjora. Yayisezereye mu ijonjora ry’ibanze mu mikino ihuza amakipe ya...
Magnifique Umutoniwase yegukanye umudali wa zahabu mu gusiganwa ku maguru muri metero 100 mu irushanwa riri kubera muri Uganda. Iryo rushanwa ryo gusiganwa ku maguru ni iry’Ibigo by’amashuri yisumbuye...
Muri BK Arena haraye habereye umukino wa Basketball wahuje Ikipe ya Basketball y’u Rwanda niya Argentina urangira u Rwanda rutsinze ku manota 61-36. Uyu mukino wari witabiriwe na Perezida wa Rep...
Nyuma y’ibiganiro abayobora Federasiyo z’imikino itandukanye bagiranye na Minisitiri wa Siporo mushya ari we Richard Nyirishema, bavuze ko bagiye guhuza imbaraga kugira ngo siporo zose zitere imbere, ...
Richard Nyirishema ni umwe mu bazanywe muri Guverinoma yaraye ishyizweho. Yari asanzwe azwi muri siporo kuko yari umwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umukino Basketball mu Rwanda. Yari ama...
Mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana ahitwa Nyagasambu habereye impanuka yakomerekeyemo abafana ba APR FC bari berekeje muri Tanzania. Mu ijoro ryakeye nibwo yabaye ariko ntiyari ikomeye cyane ...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko Guverinoma y’u Rwanda iri kuganira n’abayobozi b’ikigo gitegura isiganwa mpuzamahanga y’abatwara moto kitwa Formula One kugira ngo ruzaryakire ka...
Kuri Kigali Pele Stadium haraye habereye umukino wahuje APR FC itsindwa na Police FC kuri za Penaliti 6 kuri 5. Umukino wari warangiye ari ubusa ku bundi. Uyu mukino wari uw’Igikombe kiruta ibindi mu ...









