Ukurikije aho ibiganiro byo kwakira iri rushanwa mpuzamahanga bigeze, ushobora kwemeza ko niba nta gihindutse mu mwaka wa 2028, u Rwanda ruzakira irushanwa mpuzamahanga ryo gusiganwa mu modoka bita Fo...
Icyamamare mu mukino w’igipfunsi Umunyamerika Mike Tyson yaraye akubiswe n’umusore w’imyaka 27 witwa Jake Paul mu mukino yari yavuze ko ari uwo gusezererano akazi yakoze akina iteramakofe. Tyson afite...
Nyuma y’uko kuri iki Cyumweru taliki 10, Ugushyingo 2024, APR FC inganyije na Rutsiro FC kuri Kigali Pelé Stadium ku busa ku bundi, mu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona utarakiniwe igihe, i...
Mu buryo busa n’ubuca amarenga y’uko umutoza w’Amavubi ashobora kongererwa amasezerano yo kuyatoza, ubuyobozi bwa FERWAFA bwavuze ko hari ibiganiro biri kuba hagati y’impande zombi. Umudage Fran...
Nyuma yo gukura amanota atatu kuri Stade Ubworoherane itsinze Musanze FC igitego 1-0, Rayon Sports ikomeje kwishimira intsinzi no gushimisha abayifana. Kuri uyu wa Gatatu hatangiye gukinwa imikino y’u...
Muri Uganda umusifuzi witwa Peer Kabugo yapfiriye mu kazi ari gusifura umukino wahuje SC Villa n’ikipe y’ingabo za Uganda yitwa UPDF. Hari mu mukino w’umunsi wa karindwi muri Shampiyona ya Ugan wabaye...
Ikipe y’igihugu Amavubi yaraye iteye Abanyarwanda n’Umuyobozi wabo Paul Kagame akanyamuneza nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu ya Djibouti ibitego bitatu ku busa. Hari mu mukino wo kwishyura mu ijonjor...
Police Volleyball Club yatsinze APR VC mu mikino ibiri (uw’abagabo n’uw’abagore) yabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki 26, Ukwakira, 2024. Kubera ko amakipe yombi yari amaze iminsi ashaka abakinnyi babi...
Umwe mu Banyarwanda[kazi] bitabiriye isiganwa ry’imodoka ryabaye mu mpera z’Icyumweru gishize witwa Queen Kalimpinya avuga ko impamvu ikomeye ituma batitwara neza cyane ari uko bakoresha imodoka zisha...
Ahagana saa moya n’igice y’umugoroba kuri uyu wa Gatandatu, taliki 19, Ukwakira, 2024, imvura iremereye yaraye itumye umukino wahuzaga APR FC na Gasogi United usubikwa. Uyu mukino ariko wari watangiye...









