Bimwe mu bituma abantu bakunda Umujyi wa Kigali ni ibiti biwuteyemo biwuha amahumbezi. Ibyo biti ni byinshi kandi biri henshi. Icyakora bimwe birashaje ku buryo hari ibihirikwa n’inkubi bityo abaturag...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko kuri Noheli hirya no hino mu Rwanda havutse abana 887 kandi abenshi muri bo ni abakobwa kuko ari 467 mu gihe abahungu ari 420. Imibare y’abo bana yakusanyijwe ivuye mu bi...
Ubuyobozi bw’uruganda Masaka Farms bukorera mu cyanya cy’inganda cya Masoro bushimirwa ko mu nzego zose z’imirimo irukorerwamo uhasanga abafite ubumuga. Ubumuga ni imiterere ya rumwe mu ngingo z’umubi...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 16 yafatiye mu turere tunyuranye ibakurikiranyeho kwiba inka. Guhera muri Nzeri, 2024 kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, Polisi yavuze ko hibwe inka zirenga 100. Abo ...
Umusore utaramenyekana umwirondoro yabanje kwandika ibaruwa avuga ko agiye kwiyahura kandi ko umubiri we uzahabwa inyamaswa zikawurira mu ruhame. Yiyahuriye mu Mudugudu wa Mahoro, Akagari ka Karambo, ...
Hari inzu 19 zo mu Murenge wa Jarama, mu Karere ka Ngoma zasakambuwe amabati n’umuyaga wari uvanze n’imvura yaguye muri aka gace mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu. Inyinshi mu nzu za...
Abatuye Umudugudu wa Gikundiro n’abatuye uwa Rugwiro mu Kagari ka Nyakabanda mu Murenge wa Niboye muri Kicukiro bateranyije Miliyoni Frw 27 zo kububakira kaburimbo ya metero 824. Murera Assoumani uyob...
Hari ababyeyi babura Frw 975 yo kugurira abana imboga zo kurira ku ishuri muri gahunda ya School Feeding bagahitamo kujyayo bakazihinga nk’ingurane. Bamwe muri bo ni abo mu Karere ka Kayonza na ...
Umuyobozi w’Akarere ka Nyamagabe wungirije ushinzwe imibereho myiza Agnes Uwamariya avuga gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri yagize uruhare rwiza mu kugabanya igwingira. Uwamariya avuga ko ...
Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’abahanzi ifatanyije na Imbuto Foundation igiye kubaka ibigo by’urubyiruko mu rwego rwo kuzamura impano zarwo. Ni ubufatanye bwiza kuko Umunyamabanga wa Le...









