Ubushakashatsi bwateguwe na Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango buvuga ko 57,1% ari ijanisha ry’abakobwa baterwa inda batarageza imyaka y’ubukure baba bazitewe nabo bita inshuti. 7% ba...
Itorero ry’idini ry’abasengera Kiliziya ya Pentekoti mu Rwanda ryitwa Rwanda Pentecostal Assemblies riherutse gutaha inyubako izahugura abashumba. Ni inyubako ebyiri zizafasha abo muri iki kigo basanz...
Nyuma yo kwakira ikirego cyatanzwe n’umubyeyi wabyariye mu bitaro bya Masaka, RIB yaperereje ifata umugore w’imyaka 36 ukekwaho gushimuta abana b’abandi abakuye muri ibi bitaro akabita abe. Mu ijoro ...
Umuyobozi ushinzwe iterambere n’imicungire y’abarimu muri REB, Mugenzi Léon avuga ko kugira ngo umuntu abashe gukopera ikizamini, yakoreshaga ijambo banga (pass word) akishyura mugenzi we ngo akimukor...
Mu rwunge rw’amashuri rwa Mutongo ruri mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi haravugwa abanyeshuri babiri baherutse gufungwa bakurikiranyweho ibyo abanyamategeko bita ‘ubwinjiracyaha mu cyaha’ cyo ...
Hari abatuye Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi bavuga ko bamaze igihe batagira amazi meza kandi bafite amavomo. Banenga ko abashinzwe amazi bayabaha ari uko hari abayobozi bo mu nzego nkuru z’igi...
Kuri iki Cyumweru Tariki 19, Mutarama, 2025 abatuye Umurenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze batunguwe no kubona imbogo ebyiri ziri kurisha mu mirima yabo. Bahuruje habura uburyo bwo kuzisubiza muri Pa...
Perezida Kagame Paul yavuze ko aho urugomo rugeze mu bashakanye ari ikibazo gikomeye kuko usanga umugore yica umugabo, umugabo nawe bikaba uko kandi batamaranye kabiri! Yabwiye abari baje mu masengesh...
Madeleine Nirere uyobora Urwego rw’Umuvunyi yabwiye Abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’abagabo n’abagore ko ibyo babonye kandi bashyize muri raporo yabo bigaragaza ...
Abaturage bo mu Karere ka Rusizi cyane cyane abahahira mu isoko ry’i Gihundwe bavuga ko kugura ihene yo kubaga ku bunani ari undi mushinga uhenze kuko hari izigura Frw 160,000. Icyashara cy’abaguzi b...








