Abana bambuka bajya cyangwa bava kwiga muri kimwe mu bigo by’amashuri ari mu Midugudu ya Nete na Gasenye mu Kagari ka Remera muri Nyamabuye muri Muhanga, bari mu kaga ko kuzagwa munsi y’iteme kuko rit...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana, Ishami ry’u Rwanda, ryatangaje ko ryemeranyije gukorana n’Ubuyapani mu kongera amafaranga impande zombi zashyiraga mu gufasha Guverinoma y’u Rwanda guha...
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe abagore, abagore bagize Ihuriro ry’abagore bakora itangazamakuru, Synergy of Female Journalists Associations ryavuze ko umubare w’abagore bakora itangaza...
Mu Nteko Ishinga Amategeko, Minisitiri w’Uburezi Dr. Joseph Nsengimana yahavugiye ko ubuke bw’ibyumba by’amashuri bukibanamiye ireme ry’uburezi. Ni ikibazo gituma abanyeshuri biga basimburana mu byumb...
Hasigaye amasaha make abanyeshuri b’i Goma n’i Bukavu bagakora ibizami by’ibyiciro by’amashuri barangije nk’uko byemejwe na Visi Guverineri wa Kivu y’Amajyaruguru Willy Manzi. Yabwiye Kivu Today duke...
Abadepite ba Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco, Siporo n’Urubyiruko basanga mu mashuri abanza na za Kaminuza bakoresha Icyongereza cyo ku rwego rwo hasi cyane. Babivuze nyuma yo gusesengura is...
Mu Kagari ka Gasanze mu Murenge wa Nduba haravugwa ifatwa ry’abantu batanu Polisi yafashe nyuma yo guhabwa amakuru ko abo bantu buriraga imodoka zije kumena imyanda bakazipakurura. Abo bantu kandi Pol...
Ubuyobozi bw’Umuryango utabara imbabare ishami ry’u Rwanda, Croix Rouge Rwandaise, buvuga ko mu rwego rwo gufasha abaturage kurushaho kugira ubuzima bwiza, bwateye ibiti 6,000, bikaba bimwe mu bigera ...
Kuri iki Cyumweru tariki 16, Gashyantare, 2025 mu Mirenge ya Gihombo, Kirimbi, Macuba na Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke habaye ikiza cyatewe n’inkubi yasenye inzu z’abantu bagize ingo 24. Bagiye guc...
Bavuga ku ‘utabizi yicwa no kutabimenya’ kandi uku ni ukuri ku ngingo nyinshi. Ku byerekeye imiririre iboneye, ingo zo mu cyaro cyo mu Rwanda zimaze igihe zihugurirwa uko bategurira abana indyo yuzuy...








