Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 10, Kamena, 2025 ubuyobozi bw’Umurenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo bwajyanye kwa muganga umukecuru Mukandoli Ange Taarifa Rwanda yari im...
ABAYOBOZI bamwe, bitewe n’impamvu zitandukanye, bafata itangazamakuru nk’imbogamizi kuko ribahwitura ngo buzuze inshingano zabo. Urugero ni urw’abo mu Murenge wa Kiziguro banditse banenga Taarifa Rwan...
Abayobozi b’Akagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo nyuma yo kumenya ko umukecuru Mukandoli Ange ashonje babisomye kuri Taarifa Rwanda, bagiye kumusura imbokoboko. Aho ba...
Mu Kagari ka Ndatemwa, Umurenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo hatuye umukecuru w’imyaka 71 urwaye indwara yamurembeje guhera muri Nyakanga, 2024. Siyo gusa imurembeje ahubwo n’inzara ntimworo...
Abagize imiryango 17 y’abaturage barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi baremewe na bagenzi babo baturanye, baboroza intama babaha n’ibikoresho by’isuku n’ibiribwa. Abo baturage bose ni abo mu murenge ...
Abagenda Ngororero bajya cyangwa muri Rubavu bavuga ko babangamiwe n’uko hari imodoka zitwarana abagenzi n’amatungo kandi ashobora kubanduza indwara. Amatungo avugwa cyane kugendana n’abaturage ni ink...
Minisiteri y’uburezi muri raporo yayo, yemeza ko imibare yo mu mwaka w’amashuri wa 2024 yerekana ko abakobwa bigaga amashuri abanza n’ayisumbuye barutaga ubwinshi basaza babo kuko bari 50.5% mu gihe a...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 24, Gicurasi, 2025, Madamu Jeannette Kagame arahemba abakobwa 123 bahize abandi mu kwiga no gutsinda neza ibizamini bya Leta. Ni bamwe muri bagenzi babo 471 baturutse hiry...
Mu Mirenge ya Karangazi na Nyagatare mu Karere ka Nyagatare haravugwa amakenga y’abaturage basigaye birinda kurya Burushete banga ko bagaburirwa iz’imbwa. Ubwo bwoba babushingira ku makuru...
Hashize imyaka 61 Umuryango mpuzamahanga wita ku mbabare Croix Rouge, utangiye gukorera mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane tariki 08, Gicurasi, 2025 ubwo isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe uyu muryang...









