Mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali hagiye gushyirwa ahantu hazajya haparikwa amagare, ku buryo umuntu ukeneye kujya ahantu runaka azajya arifata akaritwara, akarisiga ahandi habigenewe. Iyi gahu...
Urubyiruko rushamikiye k’ Umuryango FPR-Inkotanyi bafatanyije n”Abamotari bo muri uyu Muryango bakorera mu Karere ka Gasabo baraye bahaye inka abakecuru babiri batishoboye n’umupfaka...
Joseph Habyarimana utuye mu Murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi wamenyekanye muri 2016 mu Nama y’igihugu y’Umushyirano ubwo yasetsaga u Rwanda rwose binyuze mu ijambo yagejeje ku bari bawitab...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Jean Marie Vianney Gatabazi akomeje uruzinduko ari kugirira mu turere tw’Intara y’i Burengerazuba. Kuri uyu wa Gatandatu yasuye Akarere ka Rusizi. Yasuye ahantu hat...
Jean Marie Vianney Gatabazi uyobora Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangiye uruzinduko mu Ntara y’i Burengerazuba. Rugamije gusuzuma ubukana ibiza birimo n’imvura imaze igihe byagize ku bikorwa r...
Muri iki gihe Akarere ka Karongi n’Akarere ka Gicumbi nitwo turere tubarurwamo Abanyarwanda benshi banduye COVID-19. Muri Karongi umwe mu mirenge yashyizwe muri Guma mu rugo ni uwa Bwishyura. Amakur...
Muri Kanama, 2021 mu Rwanda hazaba ibarura rito abakora mu kigo cy’ibarurishamibare bita ibarura mbonera, rikazaba rigamije gutanga ishusho y’uko irizaba muri Kanama, 2022 rizagenda. Taarifa yaganiriy...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwashyiriyeho abawutuye uburyo bwo kubwegera bagasobanuza ibibazo bishingiye kuri serivisi z’ubutaka, z’imiturire, abatswe indonke n’ibindi. Kuri Twitter, ubuyobozi bw’Um...
Nyuma y’ubuzima buvanze ibyiza n’ibibi, Umunyamerikakazi Jai Essence amaze igihe gito mu Rwanda, ariko yarahiye ko hagomba kuzaba amasaziro ye kubera umutekano, ubwiza bw’igihugu n’uburyo kiyobowe. Uy...
Mu Karere ka Nyaruguru hari kubakwa umuhanda uva i Kibeho ku Kiliziya ahigeze kubera amabonekerwa ugakomeza ku bitaro bya Munini ugakomeza ugana mu Karere ka Huye. Umuturage witwa Bikorimana yabwiye T...









