Mu rwego rwo kubarinda igihombo no kubongerera amafaranga binjiza, abahinga imyumbati muri imwe mu Mirenge ya Kamonyi babwiwe ko burya n’ibishishwa byayo ari ibiryo by’amatungo. Hafi ya bose-kimwe n’a...
Mu rwego rwo kwiha izina kugira ngo babatinye, abacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe biyise amazina akura umutima nka Imparata, Abanyogosi n’Abahebyi . RIB ariko irababurira. Abo b...
Nyuma y’iminsi mike mu Murenge wa Miyove mu Karere ka Gicumbi hafatiwe abantu bakurikinyweho gucukura zahabu mu buryo budakurikije amategeko, ubu abandi barindwi bafatiwe i Rulindo mu Murenge wa Rukoz...
Juliet Kabera uyobora Ikigo cy’igihugu gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, avuga ko ubwiyongere bw’ibinyabiziga byo mu Rwanda bwatumye ikirere cyarwo gihumana byikube gatanu kurenza ibipimo byagenw...
Abana 10 batoranyijwe mu bandi bo muri Nyamasheke na Rusizi babwiye abitabiriye inama yo ku rwego rwo hejuru yahuje inzego zita k’uburezi harimo na MINEDUC ko nta bibuga amashuri yabo agira ngo ...
Abagabo umunani bari mu biyise ‘Abaparakomando’ bafatiwe mu Murege wa Bwisige, Akagari ka Mukono muri Gicumbi, Polisi ikaba ibakurikiranyeho kwangiza imirima y’abaturage, bakanacukur...
Mu kwakira Abakaridinali n’Abasenyeri bitabiriye Inama ya 20 y’Ihuriro ry’Inama y’Abepisikopi muri Afurika na Madagascar (SECAM), Perezida Kagame yababwiye ko imwe mu nshingano buri muyobozi afi...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Dominique Habimana avuga ko kuzirikana agaciro k’ubuvandimwe kagaragaraga mu muhango w’Umuganura hambere, n’ubu ari kimwe mubyo Ubumwe ...
Guhera muri Mutarama, 2025 kugeza ubu abantu 950 bamaze gupfa bazize macimyamwambi( cholera ), mu gihe abantu 38,000 bamaze kuyirwara bakaba barakize. Ni imibare yatangajwe n’Umuvugizi w’Umunyamabanga...
Mu Mudugudu wa Ruvumera, Akagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye muri Muhanga hari umugore wakoze uburaya kubera kubura uko agira, abibyariramo umwana ariko anabyanduriramo SIDA. Ubumuga yabikuyemo k...









