Umwe mu bakozi batekera abakiliya barira muri za Hoteli cyangwa za coffee shops witwa Janvier Karahanyuze avuga ko gutekera abantu nk’aba bisaba ubwitange n’ubuhanga. Uyu mugabo asanzwe ari umukuru w...
Abo mu Mushinga See Far Housing bavuga ko bufite umugambi munini wo kubaka inzu zikodeshwa mu Bugesera, muri Kicukiro, muri Muhanga, muri Rusizi no muri Rubavu zizuzura zifite agaciro ka Miliyari 30 ...
Ni ibyemezwa n’Umuyobozi mu Ihuriro ry’Imiryango ya Sosiyete Sivile iharanira uburenganzira bwa muntu( CLADHO) witwa Evariste Murwanashyaka. Yemeza ko uretse no kuba urubyiruko rwarahagaritse amasomo...
Mu rwego rwo gushimira abaturage kubera uruhare bagize mu gukurikiza amabwiriza yo kwirinda COVID-19 bakabishishikariza n’abandi baturanye mu Mujyi wa Kigali, Polisi y’u Rwanda iraha abaturage inzu y...
Mu Kagari ka Kimihurura, Umurenge wa Kimihurura haravugwa inkuru mbi y’urupfu rw’abantu bane bivugwa ko bapfuye nyuma yo kunywa inzoga zitwa Umuneza n’indi yitwa Imberabose. Umuyobozi nshingwabikorwa ...
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku bana rivuga ko n’ubwo abafite ubumuga muri rusange bagira ibibazo byihariye, abana bo bafite ibibazo byihariye. Rivuga ko abana bafite ubumuga ku isi ari Miliy...
Guverinoma y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga bugamije guteza imbere ubuzima bw’umwana n’umubyeyi, mu gihe imibare yerekana ko hari ibibazo birimo kugwingira bikomeje kugaragara kandi bidindiza iter...
Amakuru ava mu Murenge wa Mpanga mu Karere ka Kirehe aravuga ko hari inka 13 z’umukecuru witwa Léoncie Mukansonera zapfiriye rimwe zigeze mu murima w’amasaka. Bivugwa ko ziriya nka zapfiriye mu murim...
Uwibona Jeanne Sheila afite uruganda rutunganya ubuki rukorera ahitwa Gacuriro avuga ko yashinze uruganda kugira ngo atunganye kandi akabihera ku mitiba, ku nzuki no gukorana n’abavumvu. Asaba abafi...
Umuyobozi w’Intara y’i Burasirazuba n’umuyobozi wa Polisi muri iyi Ntara baganirije abamotari ku kwirinda ibyaha. Nyuma abamotari bafashwe batanze ubuhamya bw’uko binjije ibiyobyabwe...








