Ku rubuga rwa Twitter rw’Akarere ka Nyabihu hari ifoto yerekana umwe mu basirikare ba RDF afite imbunda ku rutugu ari no gukingira umuturage. Ni ifoto yafashwe nyuma y’umuganda wari umaze gukorerwa m...
Ubuyobozi bw’Utugari twa Nyakabungo na Nkusi Mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo bwateguye umukino w’umupira w’amaguru wahuje amakipe y’urubyiruko muri utu tugari. Urangiye rwibukijwe ko guk...
Abatuye Umujyi wa Kigali bari babwiwe ko kuri uyu wa Gatandatu taliki 26, Gashyantare, 2022 bagomba kuzindukira mu muganda rusange. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu bwat...
Imwe mu ngingo zaganiriwe ho kandi zigafatirwaho umwanzuro ni uko amadeni abamotari bari bafitiye Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro yavanyweho. Uyu mwanzuro wafatiye mu Nama yaguye yahuje Abamotar...
Abayobozi mu Turere duherutse gusurwa n’Abasenateri ubwo bagenzuraga ibibazo biri mu Midugudu mu Rwanda, bababwiye ko imwe mu mpamvu ituma imidugudu ititabwaho ari uko nta mukozi uyishinzwe by’umwiha...
Ihuriro ry’abagore bihurije muri Rwanda Women’s Network bashima Leta y’u Rwanda ko yashyizeho politiki zo guteza imbere umugore no kumurinda ihohoterwa ariko rikifuza ko ibikubiye mu mwanzuro wa 1325...
Kuba hari abaturage bataritabira kwizigamira muri Ejo Heza biterwa n’impamvu zirimo no kuba batarumva neza akamaro kabyo. Umwe mu bemeza ko ari icyo kibitera ni umunyamabanga nshingwabikorwa w&#...
Umuturage wo mu Murenge wa Rugengabali mu Karere ka Burera yatawe muri yombi nyuma y’uko Polisi ibwiwe n’Umujyanama w’ubuzima ko uwo muturage yapimwe bakamusangamo COVID-19, aho kugira ngo atahe akuri...
Hari indirimbo y’umuhanzi Masabo Juvénal ivuga ko mu bitaro ari kwa muganga kandi ngo barasanasana iminsi ikicuma. Nibyo koko barasanasana. Umwe muri abo bahanga basanasana umuntu iminsi ikicuma ni Dr...
Abantu barinda imari y’abandi bazwi ku izina ry’abazamu bagize rimwe mu matsinda y’Abanyarwanda benshi badakunda guha agaciro bakwiye ariko mu by’ukuri bafite akamaro kanini. Hari bamwe muri bo batubw...









