Ubushakashatsi bwakozwe na Kaminuza yitwa McGill University yo muri Canada n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima buvuga ko u Rwanda rukurikira Ethiopia mu bihugu biha abagore amahoro, nti...
Mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo, abaturiye ikiraro gisanzwe gihuza Umurenge wa Rugalika n’Umurenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi baherutse guhuza amaboko batinda ikiraro cyari giherutse gusenywa n’i...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rusaba abakoresha imbugankoranyambaga cyane cyane YouTube kwirinda gushyira abana ku karubanda bagamije kongera ababareba bityo bikabinjiriza amafaranga. RIB ibitangaje n...
Umuryango uharanira imibereho myiza y’abana, Save the Children, ivuga ko ubushakashatsi wakoze bwaweretse ko igwingira mu bana baba mu nkambi y’impunzi y’i Mahama ryagabanutse ku kigero cya 40% guhera...
Delphine Kamaziga ni rwiyemezamirimo ukorera mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kacyiru. Afite iduka ryitwa Kigali Pottery Collections. Mu byo akora harimo no kugurisha indabo ziteye muri ayo mavaze. A...
Raporo yiswe Women Peace and Security Index itangaza ko u Rwanda ari igihugu cya 66 ku isi aho abagore baguwe neza, rukaba urwa kabiri muri Afurika mu guha abagore amahoro n’umutekano. Igihugu cya mbe...
Kimwe mu bigo nderabuzima buri mu Murenge wa Gahengeri mu Karere ka Rwamagana cyahawe amazi meza nyuma y’igihe kinini gikoresha amazi y’imvura nk’uko umunyamabanga nshingwabikorwa w’umusigire w’uyu mu...
AVEGA n’Ibitaro bya Kibagabaga bari mu bufatanye bwo gusuzuma abaturage cancer y’inkondo y’umura(abakobwa n’abagore) ndetse na Hepatite. Abagore cyangwa abakobwa basuzumwa cancer y’inkondo y’umura ni ...
Mu kigo Africa Improved Foods gikora ibiribwa byongerewe agaciro kitwa Africa Improved Foods hafunguwe icyumba kizafasha ababyeyi bakorera muri iki kigo kujya bonsa abana babo. Ikigo Africa Improved F...
Mu bihe bitandukanye, u Rwanda rwakomeje kuza ku isonga mu guteza imbere umugabo n’umugore haba mu mategeko abaha uburenganzira bungana, ndetse kenshi abagore bagahabwa uburyo bwihariye bugamije kubat...









