Syverien Twagirayezu atuye mu Mudugudu wa Mihigo, Akagari ka Nyabisaga, Umurenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara. Croix Rouge y’u Rwanda yamworoje inka, irabyara imuha n’ifumbire. We na bagenzi be bo...
Umuyobozi mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare Youssuf Murangwa niwe wagiye kubarura mu rugo rwa Perezida Paul Kagame. Kuri uyu wa Kabiri taliki 16, Kanama, 2022 nibwo hatan...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente yabwiye abagize Inteko zishinga amategeko zo mu bihugu bikoresha Igifaransa ko iyo abaturage badafite ibiribwa bihagije, bishobora kuba intandaro y’i...
Buri taliki 19, Kamena, buri mwaka Isi yibuka kandi ikazirikana akamaro k’umubyeyi w’umugabo mu burere bw’umwana n’iterambere ry’umuryango. Icyakora abagabo benshi banengwa n’abagore babo ko babyara u...
Ubuyobozi bw’Ikigo gitunganya kikanagurisha amazi kitwa JIBU buherutse guha abarema isoko ry’i Rwamagana, i Gishari, ryigurishirizwamo imbuto n’imboga amazi atunganywa na ruriya ruganda kugira ngo bib...
Mu rwego rwo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi no gufasha abayirokotse gukomeza kwiyubaka, abanyeshuri bo mu ishuri ry’ubumenyingiro Rwanda Polytechnic, ishami rya Kigali hamwe n’abarezi babo b...
Mu Turere dutatu tugize Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatandatu taliki 04, Kamena, 2022 abaturage baramukiye mu muganda. Ni umuganda wasimbuye uwari bukorwe taliki 28, Gicurasi, 2022 ariko urasubikwa. ...
Ibibazo Abadepite basanze mu bigo ndarabuzima bamaze iminsi basura byatumye hari hamwe muribo basaba ko hakwiye kurebwa uko bamwe mu bakozi ba RSSB bajyanwa mu ngando bakigishwa indangagaciro z’Abanya...
Mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Karama mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Kicukiro haraye hafunguwe ikigo kizahugura urubyiruko ruba muri uyu mudugudu mu myuga irimo n’ubudozi. Intego ni ukuruha ubume...
Igitabo ‘ Ntukemere Gupfa’ cyanditswe na Dimitrie Sissi Mukanyiligira. Ni umubyeyi w’imyaka 50 y’amavuko. Mu gitabo cye harimo ubuhamya bw’uko yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, akabaho nabi ariko...









