Abo mu Kagari ka Karusimbi mu Murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke bavuga ko umuhanda bakoreshaga bahahirana n’abo mu Mirenge itandukanye ya Rusizi wangijwe n’imvura. Bavuga ko ibice byangijwe ...
Abaturage bo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza bafashe umusore bemezaga ko ari umujura w’ihene baramukubita arapfa. Babwiye bagenzi bacu ba Radio/TV1 ko bamukubise kubera ko n’ubundi ngo iyo ag...
Mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza haravugwa inkuru y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’uyu Murenge n’umukozi wa DASSO bakubise Célestin Ntirushwamaboko akamugira intere ubu uyu akaba arwariye m...
Imihanda mishya ya kaburimbo mu Karere ka Muhanga yari yaringiritse itaratahwa kubera gusondekwa, yatangiye gusubirwamo. Ibi bikozwe nyuma y’inkuru zanyuze mu itangazamukuru zinenga uko iyo mihanda yu...
François Xavier Karangwa ni umugabo ufite ubumuga ukorera mu Karere ka Kicukiro mu Kagari ka Kabeza. Kuba afite ubumuga bw’ingingo ntibyamubujije kubaka urugo rwe, akagirira n’igihugu akamaro binyuze ...
Ibarurishamibare ryerekana ko Abanyarwanda bagera kuri miliyoni 13 zirenga, kandi benshi muri bo ni urubyiruko. Benshi batuye mu Ntara y’Uburasirazuba kuko yonyiye ituwe na 20%. Dr Télésphore Ndabamen...
Umukozi w’Umurenge wa Ruvune, mu Ka Gicumbi witwa Habakurama Jean Paul w’imyaka 41 akaba asanzwe ashinzwe kwakira abantu (Customer care) yabwiye umugore we kubera kumubuza amahwemo, ari bwiyahure. Und...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, kiraburira inzego zirebana n’iterambere n’izindi zireba imibereho y’abaturage ko muri Mutarama, 2024 ikirere...
Hari abaturage bo mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Muganza na Nyakabuye babwiye itangazamakuru ko amashyuza yashyirwaho uruzitiro kugira ngo birinde abana kujya bayogamo nta muntu mukuru kuko hari ab...
Umuhanda wa Bunyogombe uturuka ahazwi i Kibingo ugaca ahitwa i Karambo ku Kagari ka Buhoro ugana ahitwa Yezu Nyirimpuhwe hari gukorwa umuhanda wa kilometero 4.5 uzafasha urujya n’uruza rw’abajya kuhak...









