Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, Polisi y’u Rwanda n’ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe kugorora abana bataye umuco, baraye baganiriye n’ababyeyi bafite abana baba mu muhanda bababwira ko burya nab...
Mu rwego rwo kubafasha kugera ku kazi kubera intera y’aho ibitaro biri n’aho batuye, Minisiteri y’ubuzima yemeraye abakora mu Bitaro bya Nyabikenke mu Karere ka Muhanga imodoka yo mu bwoko bwa Van. Ik...
Minisiteri y’ubuzima ifatanyije na UNICEF batangiye guha ababyeyi batwite inyunganiramirire ikomatanyije. Hazabaho na gahunda y’uko abo babyeyi bazajya bamenyekanisha imirongo ngenderwaho ku mir...
Uhagaraririye itsinda ry’iterambere n’imari muri Sena y’u Rwanda Senateri Nkusi Juvénal avuga ko hari Koperative mu Murenge wa Cyeza mu Karere ka Muhanga igiye kurunduka. Asaba ubuyobozi bwa RCA n’ubw...
Mu gihe runaka kiri imbere, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), irateganya kuzamurikira rubanda urubuga rw’ikoranabuhanga ruzajya rukoreshwa mu kumenya abaturage bakeneye inkunga. Ni mu rweg...
K’ubufatanye na LODA, ubuyobozi bw’Umujyi bwateguye kandi butoza itsinda ry’abahanga bazaha abahoze ari abazunguzayi inguzanyo izishyura kuri 2% kugira ngo bakomeze gucururiza ku maseta yabo aho kugir...
Nyuma y’uko abaturage baturiye amazi y’amashyuza basabye ko habaho uburyo bwo kuyarinda kuko hari abayagwamo cyane cyane abana, ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita umutungo kamere w’amazi, Rwanda Water B...
Mu kigo cya Groupe Scolaire Bugumira mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi haravugwa umuyobozi w’iki kigo wirukanywe nyuma y’uko agaragaye ku mbugankoranyambaga yasinze bikabije avuga n’amagambo y...
Imashini z’amoko atandukanye zikora umuhanda zageze aho zitangirira akazi kuri uyu wa Kane taliki 11, Mutarama, 2024. Ni iz’ikigo Fair Construction cyapatanye n’ikigo RTDA ngo kizako...
Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 9, Mutarama, 2024, Arkiyepiskopi wa Kigali Antoine Cardinal Kambanda yahaye umugisha urugo rw’Abafurere bo mu muryango w’Abafurere b’amashuri abereye Kr...









