Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police( ACP) Boniface Rutikanga avuga ko ibikorwa Polisi n’ingabo z’u Rwanda bafatanyemo abaturage biri mu bituma ubukungu bw’u Rwanda buzamuk...
Guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 01, Werurwe, 2024; ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo baratangiza “ukwezi” kwahariwe ibikorwa byo guteza imbere abaturage. Ni igikorwa cyo gutegura kwizihiza imyaka 30 ...
Hari abaturage bo mu Mirenge itandukanye ya Muhanga bavuga ko uburyo WASAC isaranganyamo amazi budakwiye. Ababivuga ni abo mu Mirenge ya Nyamabuye, Shyogwe, Muhanga na Cyeza. Bavuga ko bamwe muri bo b...
Umuyobozi wungirije w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe igororamuco( Rtd) CP Faustin Ntirushwa avuga ko ubushakashatsi bakoze baje gusanga umwe mu bantu batanu bagororewe mu bigo by’igororamuco hirya ...
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa, Ishami ry’u Rwanda, Coumba Sow avuga ko indyo gakondo y’Abanyarwanda yari ikize ku byubaka umubiri, ibiwukomeza n’ibirinda indwara ariko...
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi WASAC bwatangaje ko amazi ari bube make mu mirenge irindwi y’Akarere ka Gasabo kubera ko hari umuyoboro wayo wangiritse ukeneye kubanza gusan...
Abakozi mu Bunyamabanga Nshingwabikorwa bw’Umuryango Unity Club bayobowe n’Umunyamabanga nshingwabikorwa wa Unity Club Régine Iyamuremye baraye basuye ibikorwa by’umushinga “ISANO ISHAMITSE UBUK...
Itsinda ry’Abadepite bayobowe na Hon Odette Uwamariya basuye abaturage b’Akarere ka Bugesera, babakangurira kwitabira uburyo bwo gutwika imirambo hagashyingurwa ivu. Bari mu ruzinduko ruri muri gahund...
Raporo ngarukakwezi itangwa na Irembo igaragaza ko Akarere ka Kicukiro kaza imbere mu myaka itatu ishize mu kugira abaturage basobanukiwe n’ikoranabuhanga kurusha abandi mu Rwanda. Ibi ngo biga...
Mu Murenge wa Mutenderi mu Karere ka Ngoma haravugwa umupasiteri ubatiriza abantu mu kidendezi kiri hafi y’umuhanda ahantu bamwe bemeza ko hashobora gutera abantu indwara. Pasiteri Yeretana Ernest niw...









