Mu Murenge wa Butaro mu Karere ka Burera haravugwa inkuru y’abantu babagira inka hasi, abaturage bakavuga ko niba iki kibazo kidahagurukirwe gishobora kuba intandaro y’indwara. Iki kibazo kiravugwa ku...
Abatuye Umurenge wa Juru mu Karere ka Bugesera bahawe amazi ahagije yatunganyijwe binyuze mu muyoboro wubatswe ku bufatanye bwa Minisiteri y’ibikorwa remezo, Water Aid na WASAC. Ni umuyoboro ufite ubu...
Akarere ka Bugesera karatahwamo umuyoboro mugari w’amazi witezweho gufasha abaturage kubona amazi ahagije. Kuwutaha birakorwa kuri uyu wa Gatatu taliki 27, Werurwe, 2024 mu gikorwa kiri buyoborwe na M...
Abenshi mu bataka kubura amazi ni abo mu Mirenge ya Kamembe na Gihundwe. Bavuga ko byatewe n’uko hari umuyoboro w’amazi wacitse. Muri iki gihe bavuga ko ijerekani imwe igura Frw 500 kandi nayo kuyabon...
Mu cyumba cy’Inama cy’Intara y’Uburasirazuba habereye Inteko rusange ya 14 y’Inama y’Igihugu y’Abafite Ubumuga. Mu mibare yahatangarijwe, harimo n’umubare w’abantu bafite ubumuga muri buri...
John Bosco Nyemazi uyobora Akarere ka Kayonza yabwiye Taarifa ko ubuyobozi bw’ako, ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bako, bazahemba abana bo muri Kayonza Modern School baraye babaye aba mbere mu guha...
Minisiteri y’uburezi ivuga ko gahunda yo kugaburira abana ku ishuri yagize umusaruro ugaragara cyane cyane mu gutuma abana bagana ishuri kandi bakarigumamo. Ibi byagize uruhare mu kuzamura ireme ry’ub...
Mu Cyumweru gishize hari abanyeshuri umunani bigaga kuri Sainte Trinité Nyanza T.S.S birukanywe burundu nyuma yo kwigaragambya bavuga ko ishuri rifite ameza macye yo kuriraho. Bigaragambyaga bamaga...
Akarere ka Muhanga gahanganye n’ikibazo gikomeye kirebana n’ubuke bw’amazi mu Mujyi wa Muhanga udasiba kwaguka. Mu rwego rwo kureba uko baba bagikemuye mu rugero runaka, abakayobora bavuga ko bagiye g...
Abapolisi n’abasirikare, baba abakuru n’abato mu mapeti, bahuriye hirya no hino mu Rwanda bifatanya n’abaturage gusiza ibibanza by’ahazubakwa ibikorwaremezo bifitiye benshi akamaro. Ibyo birimo amarer...









