Mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage batuye Imidugudu itatu yegeranye bavuga ko umuriro w’amashanyarazi basaranganya aho kubabera igisubizo wabateje umwiryane. Ni umwiryane bavuga ko ukomeye ndetse...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Murama witwa Habarurema Sauteur akurikiranyweho kwaka umuturage Frw 5,000 ngo amuhe serivisi. Aka kagari kaba mu Murenge wa Bweramana Akarere ka Ruhango. Umu...
Umusore w’imyaka 24 y’amavuko wo mu Murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu witwa Habanabakize Etienne yishwe n’inyama y’inka itogosheje yamiranye amerwe menshi ihera mu muhogo imuheza umwuka. Yageze m...
Dr. Uwamariya Valentine uyobora Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango yasabye ababyeyi kunga ubumwe kuko amahane ari kimwe mu bintu bikomeye bisenya umuryango, abana bakaba aba mbere mu ...
Abagore bakorera ubukorikori mu kigo Women for Women International mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Nyamirama bavuga ko kubona ibyo bahugiramo bishingiye ku bukorikori bikagurishwa bakabona amafaran...
Kimwe mu bibazo byugarije umuryango nyarwanda ni abana baba ku mihanda yo hirya no hino mu gihugu. Uzabasanga mu mihanda yo mu Mijyi minini yose. Uburyo inzego z’umutuzo rusange (public order) ni ukuv...
Umuforomokazi mu bitaro bya Mugonero mu Karere ka Karongi witwa Ishimwe Marceline ukora muri Isange One Stop Center y’aho avuga ko imwe mu mbogamizi ituma kwita ku bahohotewe bigorana ari uko abantu b...
Uvugwa muri iyi nkuru ni uwari usnazwe ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Rurangazi, Umurenge wa Nyagisozi mu Karere ka Nyanza wavugwaga kurya amafaranga abaturage bamuhaye nka mutuelle. Y...
Umubyeyi wo mu Bugesera witwa Tuyishimire Alice yapfushije indi yari asigaranye nyuma y’uko umwana wa mbere nawe yapfuye azira kanseri. Yari atuye mu Kagari ka Kivusha mu Murenge w...
Dukuzumuremyi Anne Marie ushinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Rusizi ashima ko ubu imirenge yose y’aka Karere ifite ikigo nderabuzima ndetse n’utugari bikaba uko. Umuren...









