Umuyobozi mu ihuriro nyafurika ry’abafite ubumuga bwo mu mutwe umunya Namibia Charles Nyambe avuga ko ari ngombwa ko Leta zita ku bantu bafite ubumuga bwo mu mutwe ntibahezwe kuko abantu nk’abo baba b...
Ubuyobozi bwa Karongi buvuga ko bumaze gusana Umudugudu wa Rugabano bukoresheje Miliyoni Frw 500. Mu gusana izi nzu hajemo kubaka inzira z’imyotsi iva mu bikoni no kubaka bundi bushya ubwiherero busim...
Mu iteganyagihe ry’iminsi icumi riherutse gusohorwa n’Ikigo cy’u Rwanda cy’ubumenyi bw’ikirere handitsemo ko hagati y’italiki 11 na 20 Nzeri, 2024 Umujyi wa Kigali, Uburasirazuba bw’u Rwanda n’Amajyep...
Abo ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Runege witwa Munyaneza Calypophore, Gitifu w’Akagari ka Rugano witwa Nteziryayo Fréderick ndetse na mugenzi we w’Akagari ka Gatovu witwa Twizerimana ...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Urujeni Martine aherutse gutangaza ko hari ahantu harindwi hateje akaga abahatuye mu gihe imvura nyinshi izaba yatangiye kwi...
Mu Mudugudu wa Mata mu Kagari ka Muhanga, Umurenge wa Muhanga hari abaturage basaba gusubizwa umuyoboro w’amazi bakuruye bayakura mu isoko hanyuma barawamburwa uhabwa rwiyemezamirimo ngo awucunge. Kuw...
Ku bw’amahirwe abana batatu bo mu Mudugudu wa Nyamirama, Akagari ka Shanga mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye barokotse inkuba yabakubitiye mu nzu irashya ariko bo bararokoka. Nyiri iyi nzu...
Minisitiri w’Umutekano Dr. Vincent Biruta yabonanye na Polisi ku nshuro ya mbere kuva yajya muri izi nshingano ayisaba guhagurukira ubuzererezi n’ibiyobyabwenge. Ni ikiganiro yagiranye n’ubuyobozi buk...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette yatangaje ko hari ababyeyi batarumva akamaro ko gutanga umusanzu wo kugaburirira abana ku ishuri, bigatuma ifunguro bahabwa rituba. Avu...
Aya ni amakuru atangwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubumenyi bw’ikirere (Meteo-Rwanda). Ubuyobozi bwacyo buvuga ko bunejejwe no gutangariza abaturarwanda bose ko muri rusange imvura iteganyijw...









