Munyangeyo Dieudonné Kennedy wayoboraga Televiziyo y’u Rwanda yeguye ku buyobozi bwayo nyuma y’uko WASAC itangaje ko yasanze ayiba amazi. Niwe watangaje ko yeguye hanyuma RBA nayo itangaza ko yemeye ...
Mu Murenge wa Mushikiri Akagari ka Bisigara, Umudugudu w’Umutuzo biraye mu rutoki rw’umuturage batemamo insina 200 bazirambika aho barigendera. Ni insina zo mu rutoki rwa Théoneste Ntahompagaze....
Mu Mirenge ya Jenda na Karago mu Karere ka Nyabihu haravugwa urusimbi ruri gukenesha ingo. Abagore nibo bavugwaho gufata amafaranga yo guhahisha bakajya kuyasheta akaribwa. Kubera urwego bimaze kugera...
Mu Karere ka Musanze by’umwihariko n’ahandi mu Rwanda haravugwa utubari, butiki n’izindi nyubako zidafututse zahinduwe amashuri y’incuke cyangwa abanza. Ni amashuri yashinzwe nta byangombwa bya NESA a...
Ambasaderi Christine Nkurikiyinka uyobora Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo yabwiye abitabiriye Inteko rusange y’abagize urugaga CESTRAR ko Leta ifite intego zo gushyiraho ibisubizo by’ibibazo b...
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ivuga ko mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Marburg ihagaritse gusura abana ku mashuri biga bacumbikirwa. Kuri uyu wa 02 Ukwakira nibwo MINEDUC yavuze ko ...
Abahagarariye urubyiruko mu Karere ka Kicukiro, Nyarugenge na Gasabo bavuga ko urubyiruko rukwiye guhabwa umwanya ‘ufatika’ mu biganiro bigena ingano y’ingengo y’imari irugenerwa. Babivugiye mu bigan...
Umuyobozi mu Rugaga nyarwanda rushinzwe uburenganzira bwa muntu, CLADHO, ushinzwe guhuza gahunda witwa Evaritse Murwanashyaka aburira abantu bakuru bahohotera abana ko amategeko abategereje, akabagir...
Kuri Station ya RIB mu Murenge wa Muhura mu Karere ka Gatsibo hafungiye umuzamu n’undi mugabo ushinzwe gutekerera abiga mu ishuri ribanza rya Rumuli, Umurenge wa Muhura bakurikiranyweho kwiba ibilo 26...
Ikigo cyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika gishinzwe umurimo cyoherereje Repubulika ya Demukarasi ya Congo inyandiko iyimenyesha ko hari abana bakoreshwa mu bucukuzi bw’ibuye ry’agaciro rya Cobalt. Ir...









