Uyobora Umurenge wa Nyamyumba yandikiwe ibaruwa n’Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bumusaba gutanga ibisobanuro by’impamvu abaturage ayoboye barwaye amavunja. Abo mu Mudugudu wa Pfunga mu Kagari k...
Narangwe Celéstine Liliane, akaba Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Karongi by’agateganyo avuga ko igipimo cy’amazi yagejejwe mu ngo z’abagatuye ari kiza ku buryo yakwemeza ko i...
Hirya no hino mu Rwanda hari abacuruzi b’ifu y’imyumbati cyangwa b’akawunga birengagiza ko iyo bacuruza irimo agahuyu bakayigurisha mu bigo by’amashuri. Ni ikosa baba bakoze kuko, nk’uko RSB ibyemeza,...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge, Rwanda Standards Board, kivuga ko abayobora ibigo mu mashuri ayo ari yo yose bagomba kumenya ko mu gikoni atari ahantu hasanzwe. Ni ubutumwa iki kigo cyageneye...
Théophila Mukamugambi, Umuyobozi w’agateganyo w’Ishami rishinzwe gahunda yo kugaburira abana ku ishuri muri Minisiteri y’uburezi niwe watangarije i Nkumba mu Karere ka Burera iby’iyo mibar...
Dusenge Ariane ukora mu Ihuriro ry’Imiryango y’abafite ubumuga, NUDOR, avuga ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina ribakorerwa ribashegesha bityo ko abantu bose harimo n’abanyabugeni b...
Imibare y’abashakashatsi b’Ikigo cy’igihugu cy’iterambere yatangajwe hafi mu myaka ine ishize, yerekana ko abakoresha bavuga ko kubona umukozi ushoboye kandi warangije Kaminuza ari ikibazo kibakomerey...
Kuva kuri uyu wa 20 kugeza kuwa 22, Ugushyingo, 2024, mu Karere ka Rwamagana hateraniye inama ihuza Croix-Rouge y’u Rwanda n’ abafatanyabikorwa bayo. Yamurikiwe ikigo cyo kuzafasha urubyiruko kwihangi...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA), kivuga ubutane hagati y’abashakanye bubangamira uburere bwiza bukwiriye guhabwa abana. Abahanga mu mikurire y’abana bemeza ...








