Prof. Joseph Mucumbitsi usanzwe ari umuganga w’indwara z’abana ndetse akavura umutima n’imitsi, avuga ko mu Rwanda hari ikibazo cy’ubuzima gikomeye kuko 8% by’urubyiruko rufite imyaka y’amavuko iri ha...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ibarurishamibare, National Institute of Statistics of Rwanda, cyatangaje uko ikinyuranyo hagati y’ibyo u Rwanda rwohereje n’ibyo rwatumije mu mahanga gihagaze mu gihembwe c...
Ku rubuga rwa X/Twitter rw’ingabo z’u Rwanda hatangarijwe ko hari indege yazo itwarwa n’abapilote batayicayeno bita drone yakoreye impanuka i Rutsiro. Ikirere kibi nicyo cyatumye ita...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri taliki ya 16, Nzeri 2025, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze- k’ubufatanye n’izindi nzego- yakoze umukwabo wo gufata ibinyobwa bitemewe n’amategeko mu Mirenge ya Mu...
Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga Croix Rouge y’u Rwanda yifatanyije n’izindi ku isi wahariwe ubutabazi bw’ibanze, umwe mu bayobozi bakuru bayo yaboneyeho gutangaza ko iri gufash...
Ishami rya RBC rishinzwe ubuzima bwo mu mutwe rivuga ko 51.3% by’Abanyarwanda biyahura, ari urubyiruko. Ni abafite hagati y’imyaka 19 na 35 , muri bo 16.8% bari munsi y’imyaka 18 n&#...
Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B.Murangira yavuze ko uru rwego ruherutse gufata abantu 26 rukurikiranyeho gutekera abandi umutwe bakabiba ibintu byose hamwe bifite ag...
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 06, Nzeri, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze k’ubufatanye n’abaturage yafunze ahakorerwaga inzoga bita Karigazoke, uwazikoraga arafungwa nazo ziramenwa. Hamenwe litiro ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro kurusha indi, RURA, cyatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu Tariki 06, Nzeri, 2025 kugeza mu mezi abiri ari imbere, ...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Mark Cyubahiro Bagabe avuga ko kuva mu mwaka wa 2022, buri mwaka Leta ishyira Miliyari Frw 135 muri gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri. Avuga ko ayo mafaranga...









