Kubera ko mu myaka iri imbere kubona cyangwa kubura akazi bizaba bifitanye isano runaka n’ubumenyi umuntu azaba afite mu ikoranabuhanga, ni ngombwa ko Afurika muri rusange n’u Rwanda by’umwihariko bih...
Mu rwego rwo gukomeza kongerera amahirwe yo kwiga abaturage b’u Rwanda muri rusange n’abanyeshuri by’umwihariko, Leta y’u Rwanda yatangije uburyo bushya bw’iyakure bita ‘Atingi’. Atingi ni uburyo buri...
Ni inkuru nziza ku banyeshuri biga gukora ururimi rukoreshwa na mudasobwa rukorwa mu buhanga bita coding biga muri Rwanda Coding Academy muri Nyabihu. Aba banyeshuri bagiye kuzajya bakorana n’abahanga...
Kubera ko abantu muri rusange basanzwe bamenyereye gukora amagambo y’ibanga( passwords) mu buryo bwo kuvanga imibare n’inyuguti, ubu abajura bakoresha ikonabuhanga bamaze kubivumbura, iyo ikaba ari im...
Ikigo NSO cyo muri Israel cyahagaritse ikoreshwa ry’uburyo bw’ikoranabuhanga bwa Pegasus nyuma ya raporo y’uko bwakoreshejwe mu kuneka abantu barimo abami n’Abakuru b’ibi...
Mu Bushinwa hari urundi ruganda rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo telefoni zigendanwa n’ibindi bitandukanye. Ni uruganda abantu bavuga ko ruje guhangana na Huawei isanzwe ari iya mbere mu guk...
Imibare itangazwa na na Polisi mpuzamahanga, Interpol, ivuga ko mu mwaka wa 2020 abakora ubujura bukoresha murandasi( Hackers) batse za Leta n’ibigo byigenga miliyoni 350$ kugira ngo badohore barekure...
Nta kwezi kurashira Perezida w’u Burusiya ahuye na mugenzi we utegeka Amerika bahurira mu Busuwisi. Icyo gihe Biden yaretse Putin urutonde rw’ibigo 16 atagomba kuzahirahira ngo agabeho ibitero by’iko...
Mu murwa mukuru w’u Bushinwa,( Beijing, Pékin) haraye hatashywe gari ya moshi ya mbere ku isi ikoresha ikoranabuhanga rya murandasi y’igisekuru cya gatanu, iyi ikaba ariyo yihuta kurusha izindi zakore...
Guverinoma y’u Rwanda binyuze mu Kigo cyarwo gishinzwe iterambere(RDB) yasiyanye n’ikigo kizobereye mu by’ikoranabuhanga kitwa Tek Experts amasezerano arimo ingingo y’uko iki kigo cyizubaka ikigo kigi...









