Elon Musk afite umugambi wo kwirukana abakozi 1000 mu bari basanzwe bakorera Twitter aherutse kugura Miliyari 44 $. Uyu mugabo ukize kurusha abatuye isi bose arateganya ko ku kwezi buri muntu ukoresha...
Elon Musk yaraye aguze urubuga nkoranyambaga rwitwa Twitter. Yaruguze Miliyari 44 $. Hari hashize ukwezi hari rwaserera hagati y’abanyamigabane muri Twitter basaba umukire wa mbere ku isi Elon Musk ku...
Elon Musk yatangaje ko yiteguye kwishyira miliyari 41$ akagura urubuga nkoranyambaga rwa Twitter. Avuga ko narugura ruzunguka cyane kuko azaruha uburyo bwo gukora nk’ikigo cy’umuntu umwe wikorera ku g...
Mu Busuwisi hasohotse igare ryakorewe abafite ubumuga rizamuka zikanamanuka amadarajya( escaliers). Baryise Scowo Bro, rikaba rigura ama Euro 35,000. Rikozwe k’uburyo iyo rigeze ahantu hari amadarajy...
Ikoranabuhanga ryo gutahura isura y’umuntu bita Facial recognition ni bumwe mu buryo inzego z’umutekano zikoresha mu gutahura abagizi ba nabi. N’ubwo iki ubwacyo atari kibi, hari abavuga ko cameras zi...
Abakora mu Kigo Africa In Colors gikorera mu Rwanda bagiye gutangiza icyiciro cya kabiri cy’amahugurwa agamije guha ubumenyi abahanzi, abanyabukorikori n’abandi Banyarwanda babishaka kugira ngo bifash...
Urubuga nkoranyambaga rukoreshwa mu gusakaza amashusho, TikTok, rwemeje ko guhera kuri uyu wa Mbere rwatangiye kwakira amashusho ashobora kugera ku burebure bw’iminota 10, igikorwa gishobora gutuma ir...
Muri iki gihe ikoranabuhanga mu kubika amakuru ryaragutse cyane k’uburyo hari ibyuma bifite ubushobozi bwo kubika amakuru yose yanditse mu bitabo biri muri Nzu y’ibitabo y’u Bwongereza kuko muri iki ...
Abakoresha urubuga nkoranyambaga rwa Twitter hirya no hino ku isi bamaze umwanya munini mu irungu ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, batabasha kugira icyo barebaho kubera ibibazo tekiniki. Abagerageje g...
Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT), MTN Rwanda n’abafatanyabikorwa basubukuye igikorwa cyo gushyikiriza abatishoboye telefoni zigezweho, gahunda yitezweho kugabanya icyuho mu ikor...









