Mark Zuckerberg kuri uyu wa Kabiri yatangaje ku mugaragaro ko ku wa Kane taliki 06, Nyakanga, 2023 azatangiza ku mugaragaro urubuga nkoranyambaga rukora nk’uko Twitter yari isanzwe ikora ariko rukagir...
Kuri uyu wa Mbere taliki 03, Nyakanga 2023 Ubushinwa bwasohoye imodoka ikoresha amashanyarazi bivugwa ko ari yo yihuta kurusha izindi ku isi. Ishobora kwiruka ibilometero 350 mu minota 15. Bayize BYD ...
Mu rwego rwo gufasha abakiliya kudatakaza sim cards basanganywe no kudakwirakwiza plastique, ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga Airtel Rwanda, cyazanye ikoranabuhanga ribika amakuru ...
Ikoranabuhanga rigezweho muri iki gihe riri gukora uko rishoboye ngo hakorwe imashini zitanga amashanyarazi akomoka ku muyaga azajya atwara ubwato. Abahanga bavuga ko ubwato bugezweho muri iki gihe bu...
Mu Mujyi wa Kigali mu Kigo cyitwa Norrsken habereye igikorwa cyo guhemba abakoze imishinga igamije gutanga ibisubizo mu rwego rw’ubuzima. Ni imishinga yakozwe mu rwego rw’ikoranabuhanga, ikaba yarakoz...
Abahanga bo muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu basohoye iPhone 14 ifite igifubiko cy’inyuma kirihi isaha isize zahabu ndetse na diyama. Iyi telefoni ifite agaciro ka $135,000. Mbere y’uko ibi byose byon...
Ikigo gikora ibyuma by’ikoranabuhanga na serivisi zabyo kitwa Apple kiraburira abantu batunze telefoni za iPhones, mudasobwa za Macs n’ibindi byuma bita iPads ko ikoranabuhanga bakoreshaga ryagize iki...
Imwe mu ngingo zikomeye ziherutse kuganirwaho hagati ya Perezida w’Amerika n’igikomangoma cya Arabie Saoudite Mohamed Bin Salman ni imikoranire mu gutangiza igisekuru cya gatandatu cya Murandasi, bita...
Ni rumwe mu ndimi z’Abanyafurika nke ziri kuri Google Translate, iyi ikaba ari imashini ya Google ifite z’amahanga ikazihindura mu ndimi zikomeye ku isi ni ukuvuga Icyongereza, Igifaransa, Icyesipanyo...
Guhera kuri uyu wa Gatatu taliki 11, kugeza taliki 13, Gicurasi, 2022 mu Rwanda hazabera inama ibaye bwa mbere muri Afurika ihuriyemo abantu 850 baturutse mu bihugu 73 byo hirya no hino ku isi, iziga...









