Ikigo kitwa Ewaka n’ikindi kitwa AC Group basinyanye amasezerano akubiyemo ko mu gihe kitarambiranye ikigo Ewaka kizaba cyazanye amagare akoresha amashanyarazi mu Rwanda. Hari na gahunda y’uko bazazan...
Inama itangwa n’ikigo gifite mu nshingano kubungabunga indangarubuga ya .rw ku bakoresha murandasi mu bikorwa bya buri munsi, RICTA, ivuga ko abakoresha indangarubuga nka .com ni izindi zinyuranye ba...
Kubera ko ikoranabuhanga riri hose kandi ritanga amahirwe y’ubucuruzi, ubumenyi n’ibindi, ni ngombwa ko abifuza kuribyaza umusaruro bagira ahantu runaka bajya bacisha ibyo bakora cyangwa bazi. Aho bah...
BlackBerry yamenyekanye ku isi nk’uruganda rukora telefone zigezweho kandi zigeze no gukundwa cyane mu Rwanda kubera ikoranabuhanga zari zikoranye riziha umutekano ku buryo kwinjira mu makuru y’abazik...
Elon Musk yaraye atangaje ku mugaragaro ko inyoni yarangaga urubuga nkoranyambaga rwe, Twitter, yahindutse ubu yagizwe inyuguti ya X. Ubutumwa umuntu azajya yandika abucishije kuri uru rubuga bugombwa...
Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda bwatangije murandasi y’igisekuru cya kane( Fourth Generation, 4G). Ni murandasi yakozwe na Airtel-Rwanda ubwayo, ikazahabwa abantu bose ku giciro bari basanzwe bagurirah...
Guhera taliki 01 kugeza taliki 02, Kanama, 2023, abahanga mu ikoranabuhanga bazateranira mu Rwanda bungurane ibitekerezo by’uko ikoranabuhanga ryakomeza kuba igisubizo ku bibazo bya muntu. Ni inama ya...
Ikigo cy’Abashinwa gishinzwe ubushakashatsi mu by’isanzure China Manned Space Agency (CMSA) cyatangaje ko umwaka wa 2030 uzagera cyarohereje abahanga mu kwezi kwiga uko guteye. Gahunda yabwo ni uko ha...
Umunyamategeko wa Twitter avuga ko ari gutegura ikirego cyo kurega urubuga rushya rumaze igihe gito rutangijwe rwitwa Threads kubera ko ngo abahanga barwo bibye Twitter ikoranabuhanga. Mu minsi mike i...
Nyuma yo gutangiza ku mugaragaro urubuga nkoranyambaga bamwe bise Twitter Killer( Ikizahitana Twitter) umuyobozi w’ikigo Meta witwa Mark Zuckerberg yakoze Tweet ya mbere mu myaka 10 ishize. Bamwe bavu...









