Ikigo gitanga serivisi zo kugeza amaraso n’ibindi nkenerwa ku babikeneye batuye ahitaruye, Zipline Muhanga, buvuga ko kuba abagore bagikoramo bagera kuri 48% ari intambwe yo kwishimira. Iki kigo...
Abanyamategeko mpuzamahanga bavuga ko hari ibihamya ‘bifatika’ byerekana ko hari amadolari($) ikigo Apple cy’Abanyamerika gishyira mu bacukura amabuye y’agaciro muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ...
Umuherwe Elon Musk arasaba abamukurikira ku rubuga rwe X kumuha igitekerezo cy’ikindi kigo yagura. Kuri uru rubuga yahashyizeho ifoto ye yicaye mu madolari($) angana na Miliyari 42, akavuga ko a...
Ni ibyemejwe kuri uyu wa Mbere ubwo Urwego rw’Igihugu rushinzwe Tekiniki, Imyuga n’Ubumenyingiro (RTB) rwaganiraga n’abahanga bo mu Bushinwa bakora mu ishuri ryigisha ayo masomo. Ni mu rwego rwo...
Umuhanga mu by’ikoranabuhanga witwaB en Roberts wo mu kigo Liquid Intelligent Technologies yabwiye BBC ko rumwe mu ntsinga zica ku nkombe za Africa yUburasirazuba, ku Cyumweru mu gitondo rwaciki...
Mu rwego rwo gufasha ibigo na za businesi kumenyekanisha ibikorwa byabyo kuri murandasi, Ikigo RICTA( ni ikigo kitari icya Leta) cyatangije uburyo bwo kugabanyiriza abantu igiciro kuri serivisi yo kw...
Phocas Mazimpaka ushinzwe ishami ryo gukumira indwara mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima avuga ko abashakashatsi b’iki kigo bari gukora igerageza ngo barebe akamaro ko gukumira malaria binyuze mu gu...
Emmanuel Hammez uyobora Airtel Rwanda avuga ko kuva cyatangira guha abaturage telefoni zigezweho muri gahunda ya Connect Rwanda, hamaze gutangwa telefoni 52,000. Yabivugiye mu Karere ka Rubavu ahatang...
Abatuye Umurenge wa Busasamana n’indi mirenge ituriye Umujyi wa Nyanza bahuriye kuri stade Nyanza kugira ngo bagure telefoni za Airtel zihendutse. Nibo bahereweho mu Ntara y’Amajyepfo nyuma y...
Mu rwego rwo kwifatanya n’ubuyobozi bwa MTN n’abakiliya bayo mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 25 iki kigo kimaze mu Rwanda, Perezida Kagame yavuze ko kuba rwarahisemo gukorana nayo yari amahitamo meza....









