Mu Ntara ya Guizhou mu Bushinwa hatashywe ikiraro kiri ku butumburuke bwa metero 625 hejuru y’uruzi rwa Beipan ruca mu misozi miremire iri muri aka gace. Ni cyo kiraro kiri hejuru mu butumburuke kurus...
Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko igihugu cye cyemeranyije n’Ubushinwa ko TikTok ikomeza gukora muri Amerika. Ubwo yajyaga ku butegetsi mu ntangiriro za 2025, Trump yavuze ko TikTok ikwiye...
Umwe mu borora ingurube nyinshi mu Rwanda akaba na Perezida w’Ihuriro ryabo witwa Jean Claude Shirimpumu asaba ko drones za Zipline zitwa P2 ziherutse gutangazwa ko zizageza ibicuruzwa ku batuye...
Ikigo Zipline gifite icyicaro gikuru muri Amerika cyatangaje ko ishami ryacyo ryo mu Rwanda rigiye gutangiza gahunda yo kugeza ibicuruzwa mu ngo z’abaturage cyanecyane abo mu mijyi. Ibyo bicuruzwa ni ...
Perezida Kagame ubwo yatangizaga inama mpuzamahanga y’iminsi ibiri yiga ku iterambere ry’ubwikorezi bukoresha indege iri kubera mu Rwanda, yagarutse ku itangizwa ryo gutwara abagenzi muri drones bwat...
Binyuze mu bufatanye na Leta zunze ubumwe z’Abarabu na Malaysia, u Rwanda rugiye gukoresha ubwenge buhangano kurushaho. Rusanzwe rufite ibintu bike rubukoreshamo, gusa rurashaka kwaguka muri iryo kora...
Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga Airtel Rwanda, k’ubufatanye na RIB n’izindi nzego zishinzwe umutekano, cyatangije uburyo bwo kuburira abakiliya ku batekamutswe biswe Airtel S...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko yamaze gushyira ku ruhande Miliyoni $ 200( ni Miliyari Frw 280) yo kuzashora mu mishinga wo kugeza murandasi henshi kandi muri serivisi nyinshi, zikazakoreshwa mu mushin...
Bisa nk’aho Donald Trump aha abanyamafaranga agaciro kanini ku buryo abiyegereza muri Politiki akora. Ubu yatangiye gukorana na Larry Ellison umukire wa kabiri ku isi ufite Miliyari $ 233. Ni um...
Inzobere zagaragaje ko imiyoborere yifashisha ikoranabuhanga ari ngombwa mu guteza imbere igihugu kugira ngo zigeze igihugu ku iterambere rirambye kandi ridaheza. Mu nama yabaye kuwa tariki 5, Kamena,...









