Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yavuze ko u Rwanda ruri mu biganiro n’abakora ibikoresho bipima COVID-19, ku buryo mu minsi mike ibiciro byo kwipimisha bizagabanyuka cyane, aba...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yaherekeye H Fisk Johnson washinze akayobora Ikigo gikora imiti kitwa SCJohnson bajya gusura ivuriro riri ahitwa Saruhembe mu Murenge wa Mahama, Akarere ka Kire...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu ahagana saa munani z’amanywa yafashe abantu 13 bari muri Sauna n’undi umwe ufite ubwandu bwa COVID-19 wari muri resitora bifatanye. Bafatiwe mu Kar...
Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko yabyariye mu bitaro bya Ruhengeri abyara neza n’ubwo yari asanzwe yaranduye COVID-19. Ni inkuru nziza ku muryango we, kuri we no ku baganga bamuvuye. Ibitaro bya Ruhenge...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi igaragaza ko mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2021/22 hateganyijwemo miliyari 107.7 Frw, zizashyirwa mu mushinga wo gukingira icyorezo cya COVID-19 mu gihugu. Ni kimwe m...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yavuze ko ubushakashatsi bwamaze kwerekana ko COVID-19 ikwirakwira mu mwuka, bityo abantu bashishikarizwa gukorera imirimo yabo ahantu hari umwuka wo hanze uhagi...
Hoteli 13 na resitora 40 zimaze kujya ku rutonde rw’izigomba kwakira gusa abantu bipimishije COVID-19 bagasanga ari bazima, nk’uko bigaragazwa n’amabwiriza mashya ya Minisiteri y’Ubuzima n’Urwego rush...
Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda Peter Vrooman yahaye inzego z’ubuzima z’u Rwanda ibikoresho 100 bireba mu muhogo bigafata amacandwe aherwaho bapima ubwandu bwa COVID-19. Babyita video laryngoscopes. Ya...
Umujyi wa Kigali wafashe icyemezo cyo gufunga imihanda itatu yo mu Biryogo mu Karere ka Nyarugenge, ihindurwa ahantu resitora zizajya zakirira abantu bahanye intera. Ni icyemezo cyafashwe mu kwirinda ...
Perezida Duterte wa Philippines yaburiye abaturage b’igihugu cye ko uzanga gukingirwa COVID-19 azafungwa. Yababwiye ko Polisi ifite kasho na gereza bihagije bityo abasaba kumvira amabwiriza, bakemera ...









