Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imiryango yabaruwe ko izakenera ibiribwa muri guma mu rugo igera ku bihumbi hafi 211, bikazatangwa hagendewe ku mubare w’abagize umuryango. Kuri uyu wa ...
Polisi yatangaje ko nyuma yo gufatira mu Karere ka Musanze abantu 24 barenze ku mabwiriza bakajya mu birori byo gutegura umukobwa wenda gushyingirwa, bategetswe kwipimisha COVID-19 habonekamo batatu b...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu minsi iri imbere hazakorwa igenzura ku bushobozi bwo kugenzura ikorwa ry’inkingo za COVID-19, hagamijwe kureba niba hari ubushobozi buhagije bwo gukurikirana ko zu...
Ihuriro Mpuzamahanga ry’Inkingo (GAVI) kuri uyu wa Mbere ryatangaje ko ryagiranye amasezerano n’ibigo bibiri byo mu Bushinwa bikora inkingo za COVID-19, yo kugura inkingo miliyoni 110 ariko zishobora ...
Nk’uko umuntu ashobora kugura igipimo agasuzuma ubwe niba atwite cyangwa afite virusi itera SIDA, niko mu minsi mike abaturarwanda bazatangira kwisuzuma ubwabo SARS-CoV-2, virusi ikomeje gukongeza icy...
Minisiteri y’Ubuzima yaguze imashini 26 zitanga umwuka uhabwa indembe, mu gihe abandura n’abazahazwa na COVID-19 ukomeje kuba munini uko bwije n’uko bukeye. Mu kwezi gushize iyi minisiteri yatangaje k...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yatangaje ko mu Rwanda hamaze kugera coronavirus zihinduranyije, nk’impamvu ikomeye irimo gutuma umubare w’abaremba n’abapfa urushaho kuba munini. Kuva mu ...
Nyuma y’igihe u Rwanda rwifashisha inkingo za Pfizer-BioNTech na AstraZeneca mu gukingira COVID-19, Minisiteri y’Ubuzima yemeje ko rwamaze no gutumiza iza Johnson & Johnson. Izi nkingo...
Minisiteri y’Ubuzima yemeje ko ibipimo bifatwa bigaragaza ko mu Rwanda hari coronavirus yihinduranyije yo mu bwoko bwa Delta, ari nayo irimo gutuma abarwara COVID-19 baba benshi kurusha uko byari bisa...
Mu rwego rwo gukomeza kunganirana mu kwirinda icyorezo cya COVID-19 hagati y’u Rwanda na Koreya y’Epfo, iki gihugu cyahaye u Rwanda ibikoresho byo kwirinda kiriya cyorezo bifite agaciro ka Miliyoni 8F...









