Guhera kuri uyu wa Mbere tariki 06, Ukuboza, 2021, ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda na Polisi bufatanyije n’ubuyobozi mu by’ubuzima bwatangiye gukingira abasirikare n’abapolisi bari muri Mozambique buju...
Perezida Paul Kagame yavuze ko hakenewe ubufatanye bw’igihugu kugira ngo umugabane wa Afurika ubashe kubona inkingo n’imiti ukenera, nk’uburyo bwafasha mu gukemura ibibazo by’ubuzima haherewe ku cyore...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi rivuga ko ubwoko bushya bw’icyorezo COVID-19 biswe Omicron bwamaze kugaragara mu bihugu 38 hirya no hino ku isi, ariko ngo amahirwe ni uko nta ...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko gahunda yo gukingirira abantu aho bategera imodoka yatekerejweho hagamijwe kurushaho kwegera abaturage, nyuma y’uko umuvuduko wo kwikingiza COVID-19...
Umuhanga mu by’imitekerereze n’imyitwarire y’abantu Dr Gilberto Lopez wigisha muri imwe muri Kaminuza zo muri Amerika yabwiye abari bamukurikiye ubwo hatangizwaga iserukiramuco ryiswe Hamwe Festival k...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yemeje ko imihango yose y’idini yakomorewe, ndetse ko amateraniro abera mu nsengero zifite uburenganzira bwo gukora yemewe mu minsi yose hubahirijwe amabwiriza yo ku...
Urwego rw’Iterambere mu Rwanda (RDB) rwemeje ko utubyiniro tuzongera gufungura mu byiciro, ariko twakire abatarenze 30% by’ubushobozi bwatwo bwo kwakira abantu. Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa Kan...
Gahunda yo gukingira COVID-19 mu Rwanda yafashe indi ntera, aho kuri uyu wa Mbere Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyatangaje ko inkingo zisaga miliyoni 1 zoherejwe mu turere 12, zikazahabwa a...
Minisitiri w’Ubuzima mu Burundi Thaddée Ndikumana yatangaje ko mu minsi mike bagiye gutangiza ibikorwa byo gukingira COVID-19 abantu benshi, gahunda izagera ku bantu bose babyifuza. Yavuze ko bamaze g...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kugira ngo u Rwanda rubone ibikenewe byo gutangira uruganda rw’inkingo mu Rwanda byabaye urugendo rutoroshye, ariko ari intambwe itanga icyizere bijyanye n’uburyo ibihug...








