Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita k’ubuzima, WHO/OMS, rivuga ko mu gihe kiri imbere kandi kitarambiranye ku isi hazaduka ubundi bwoko bwa COVID-19 bwihinduranyije bwandura vuba kandi bukazahaza be...
Ubuyobozi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi, WHO/OMS rivuga ko hari imibare yerekana ko ubwandu bwa COVID-19 bwongeye kuzamuka hamwe na hamwe ku isi, bityo ko abantu bagombye...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko 60% by’abaturarwanda bamaze gukingirwa COVID-19 mu buryo bwuzuye, intego yari yihawe ko izagerwaho mbere y’uko uyu mwaka wa 2022 urangira. Ni urugendo rwa...
Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu witwa Stéphanie Nyombayire avuga ko umwaka wa 2022 uzarangira u Rwanda rwatangiye gukora inkingo kandi ngo rwiteguye kuzatangira rukora inkingo miliyoni 50. Nyom...
Mu Budage aho Perezida Kagame ari, kuri uyu wa Gatatu yitabiriye Inama yo ku rwego rwo hejuru yiga uko mu gihe gito kiri imbere muri Afurika hatangira gukorerwa inkingo. Ni inama kandi yitabiriwe na P...
Abapolisi bakorera mu Karere ka Kamonyi bafashe abantu icyenda bateraniye ahantu hamwe mu buvumo barimo gusenga, barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19. Babafashe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 ...
Abashakashatsi bo muri Denmark babonye ko Omicron yihinduranyije yikoramo ubundi bwoko bise BA.2. Bavuga ko ubu bwoko bushya bwandura cyane kurusha ubwari busanzweho bwa BA.1 Igiteye ubwoba kurushaho ...
Inama y’abaminisitiri yigije inyuma amasaha y’ingendo agera saa sita z’ijoro, inakomorera ibikorwa byinshi birimo utubyiniro, abafana kuri za sitade n’amakoraniro. Ni ibyemezo by’inama yateranye...
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza Boris Johnson yavanyeho amabwiriza asaba abantu gukorera mu rugo hagamijwe gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, ndetse guhera ku wa 27 Mutarama n’ite...
Inyingo yakozwe n’abaganga bo mu Bitaro byitwa Sheba Medical Center byo muri Israel ivuga ko kuba umuntu yarahawe urukingo rwa kane( muri Israel bamaze igihe barutanga) bidahagije ngo Omicron icike in...









