Terence Wilson wamaye nka Astro, akaba umwe mu bashinze itsinda ryamenyekanye cyane mu njyana ya Reggae, UB40, yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye igihe gito. Iri tsinda ryakunzwe cyane mu myak...
Umwanditsi w’indirimbo akaba n’umuhanzi Mike Kayihura yakiriwe mu kiganiro kitwa Africa 360 cya BBC. Ni ikiganiro abahanzi b’abahanga kurusha abandi muri Afurika bakirwa, bakavuga ku bihangano byabo. ...
Umuhanzi wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo uri mu bazwi kurusha abandi, Koffi Olomide, ari kwamaganwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga biganjemo Abanya Zimbabwe bavuga ko kuba yararirimbye Pe...
Umuhanzi wo muri Uganda ufitanye isano n’Abanyarwanda nk’uko yigeze kubivugira i Kigali Eddy Kenzo yakoze impanuka mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 05, Kanama, 2021 avunika akaboko. Iriya mpanuk...
Uyu mugabo uri mu bashinze itsinda rya Muzika yitwa Groupe Kassav ryo mu kirwa cya Guadeloupe yitabye Imana afita imyaka 65 y’amavuko. Abakurikiranye umuziki mu myaka ya 1980 kuzamura, bamuzi mu ndiri...
Ku rukuta rwe rwa Twitter Umuhanga Ngabo Medard wamamaye nka Meddy yatangaje ko ubu yakiriye Yesu mu mutima we ngo amubere umwami n’umukiza. Ngo hari abo yabibwiye bagira ngo ni igiparu! Meddy uheruts...
Umuhanzi Bruce Melodie yatandukanye na Juno Kizigenza na Kenny Sol nyuma y’umwaka umwe abafasha mu muziki, bakaba bagiye gutangira urugendo rushya ku giti cyabo. Ni abahanzi yafashije gutangira urugen...
Nyuma yo kuzuza impapuro za gatanya hamwe n’umuraperi Kanye West, icyamamare Kim Kardashian ubu ari mu rukundo n’umuherwe w’Umwongereza witwa Jamie Reuben. Reuben ni umugabo ufite umutungo ubarirwa mu...
Umuhanzi Bruce Melodie ufite amazina yahawe n’ababyeyi be ariyo Itahiwacu Bruce ari mu bahanzi bagirirwa ikizere muri iki gihe. Ubu yahawe isoko ryo gufatanya n’undi witwa Dip Doundou Guiss ukomoka mu...
Uyu muhanzi w’imyaka 27 y’amavuko mu mpera z’Icyumweru gishize yambikanye impeta n’umukunzi we witwa Gomez ufite imyaka 25 y’amavuko. Bibwiraga ko babukoze mu ibanga ariko ikinyamakuru People cyabimen...








