Umunyarwanda wamamaye ku isi kubera gucuranga Reggae akaba yarakuriye kwa Bob Marley witwa Natty Dread yatabarutse azize uburwayi nk’uko abo mu muryango we babibwiye itangazamakuru. Yari amaze iminsi ...
Umunyamideli w’icyamamare uri mu bakomeye kurusha ahandi, Kim Kardashian, yamaganye ibyo gufata no kwirukana abimukira batagira ibyangombwa muri Los Angeles biri gukorwa n’urwego rushinzwe abinjira n’...
Sibomana Emmanuel wamamaye nka Patrick mu Ikinamico Urunana avuga ko umuhati afite uzamugeza ku bwamamare ku rwego mpuzamahanga. Ni icyifuzo afite kandi yemeza ko azakigeraho kuko atazacika intege. Ya...
Umunyafurika y’Epfo[kazi] wamamaye ku izina rya Tayla yahembwe ibihembo bitatu byateguwe n’ikigo cy’Abanyamerika gihemba abahanzi b’indashyikirwa ku rwego rw’isi, kimuha ibihembo bitatu bya MTV Awards...
David Bayingana, umwe mu banyamakuru ba siporo ubirambyemo kurusha abandi, avuga ko ibyo uwitwa Sengabo Jean Bosco wamamaye nka Fatakumavuta aherutse kumushinjira mu rukiko by’uko yifitemo ivang...
Umukinnyi wa Filimi akaba n’umwe mu baraperi bakomeye bo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika 50 Cent yanze miliyoni $3 yari yemerewe na Donald Trump ngo azaririmbe aho uyu munyapolitiki yiyam...
Umwongereza wahoze mu basore bane bashinze itsinda One Direction witwa Liam Payne yaraye yiyahuye amanutse mu igorofa ya gatatu ya Hoteli yitwa CasaSur Palermo Hotel iri mu Murwa mukuru wa Argentine ...
Abagabo babiri bakiniye Arsenal F.C yo mu Bwongereza, Ray Parlour na Robert Pires, bari mu Rwanda mu rugendo rugamije gusura igihugu no kureba amahirwe akibonekamo. Ku munsi wa mbere wabo mu Rwanda, a...
Polisi ya Las Vegas yataye muri yombi umuhanzi uri mu bakomeye ku isi witwa Jason Deluro nyuma y’uko icyi cyamamare giteye igipfunsi umufana wacyo wakitaga Usher. Uyu Usher nawe ni umuhanzi wakunzwe m...
Iyi mpirimbanyi ya Politiki ikomoka muri Pakistan yatangarije kuri Instagram ko yashatse umugabo, ubu ari umugore nk’abandi. Yamamaye ku isi ndetse ahabwa igihembo cya Nobel cy’umuntu waharaniwe amaho...









