David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido muri Nigeria yishimiye kugirwa umunyamuryango wa Recording Academy, ikigo gitegura irushanwa rya Grammy Awards. Davido avuga ko bizamubera umwanya wo guhindur...
Nyuma y’amezi menshi mu Ntara za Uganda habera amajonjora ya nyampinga w’iki gihugu mu mwaka wa 2025/2026, irushanwa rya nyuma ryarangiye Trivia Elle Muhoza ari we ubitorewe. Kuri uyu mwanya yari ahat...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga yabwiye itangazamakuru ko Ariel Wayz afunganywe n’undi muhanzi witwa Babo( ni Umunyarwandakazi ufit...
Umunyamideli Sandra Teta wari wafunzwe na Polisi ya Uganda akurikiranyweho kugonga nkana umugabo we amakuru aravuga ko yarekuwe. Uyu ubu arwariye mu bitaro by’ahitwa Nsambya naho umugore yari afungiwe...
Perezida Paul Kagame yaraye asuye abana 50 bamaze iminsi batozwa gukina Basketball k’ubufatanye n’umukinnyi wa Basketball w’Umunyamerika uri mu bakomoye muri iki gihe witwa Kawhi Leonard. Ubwo kandi b...
Mu kuririmbira abitabiriye iserukiramuco The Giants of Africa bari baje kureba uko rirangizwa, The Ben yacuranze indirimbo Habibi ivuguruye. Yacuranze kandi izindi ndirimbo akoresheje gitari, piyano a...
Emerence Bwiza ari gutegura igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki, kikazahurirana n’isabukuru ye y’amavuko. Kizaba Tariki 9, Kanama, 2025 kibere muri Kigali Universe kandi kwi...
Umuhanzi Lionel Sentore yabwiye itangazamakuru ko yoherereje ubutumire Perezida Paul Kagame ngo azitabire igitaramo ari gutegura yise ‘Uwangabiye’. Avuga ko ageze kure agitegura, kikazabera ageze kur...
Juno Kizigenza na Christopher batangaje ko batazitabira iserukiramuco rigenewe guhuza abahanzi bo mu Rwanda n’abo muri Uganda rizatangira tariki 26, Nyakanga, 225. Uganda-Rwanda Music Festival ni iser...
Umunyarwandakazi ukora umuziki kandi bisa n’ibyahiriye, Alyn Sano yasobanuriye itangazamakuru ry’imyidagaduro ko hari ikigo cyo muri Amerika(Label) bagiranye amasezerano y’imikoranire ariko kiramuvuni...









