Imibare itangazwa n’ubutegetsi mu bwami bwa Espagne yemeza ko abantu 158 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’imyuzure yaje ikurikiye inkubi imaze iminsi micye igeze muri iki gihugu. Intara ya Val...
Imibare itangwa na Guverinoma ya Espagne ivuga ko imyuzure imaze iminsi muri iki gihugu yahitanye abantu 95 kandi ko uyu mubare ushobora kwiyongera. Ishobora kwiyongera kuko hari abantu bantu baburiwe...
Minisiteri y’ ibikorwa by’ubutabazi ivuga ko imiryango 800 ituriye umugezi wa Sebeya igiye kubakirwa inzu kugira ngo iture ahadashyira mu kaga ubuzima bw’abayigize. Uyu mwanzuro wafashwe hashing...
Abavandimwe batatu bo mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo baraye bakubiswe n’inkuba irabica. Bose bari bakiri bana bari basigaye mu nzu Nyina asohotse. Byabereye mu Mu Mudugudu wa Gikumba, Akaga...
Kuri iki Cyumweru taliki 20, Ukwakira, 2024 mu Mudugudu wa Remera, Akagari ka Nyarutunga mu Murenge wa Nyarubuye, mu Karere ka Kirehe habereye ibyago bikomeye aho inkuba yishe amatungo 24 arimo inka u...
Ikigo cy’Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) kivuga ko mu gice cya mbere cy’ukwezi k’Ukwakira 2024 ni ukuvuga hagati y’itariki ya 1 n’iya 10, henshi mu Rwanda hazagwa imvura nyinshi kurusha uko byari ...
Mu Majyaruguru ya Vietnam habaye ibyago byatewe n’inkubi ya karahabutaka byahitanye abantu 60 n’ikiraro gikoreshwa cyane kirariduka imodoka 10 zigwa mu ruzi. Minisitiri w’Intebe wung...
Mu Ntara ya Tibesti muri Tchad haravugwa imyuzure ikomeye imaze guhitana abantu 54 isenya n’ibikorwa remezo byinshi. Ubuyobozi bw’iyi Ntara buvuga ko iyo mvura ikomeje kugwa kandi hari impungenge ko h...
Abahanga mu by’imitingo( seismologists) batanze umuburo ko Leta ya Alaska( ni umwe mu zigize Leta zunze ubumwe z’Amerika) igiye kwibasirwa n’umutingito ufite uburemere bwa 8.2 ku gipimo cya Richter. N...








