Amakuru ava mu Karere ka Rubavu avuga ko hamaze kubarurwa ibyumba 12 by’Urwunge rw’amashuri rwa Kayanza na Sanzare mu Murenge wa Nyundo byasakambuwe n’inkubi yabanjirije imvura yaraye ihaguye. Si ho h...
Ubwinshi bw’Abanyarwanda bahitanwa n’inkuba buri hejuru ku buryo Leta y’u Rwanda igomba kureba icyo ikora ikagabanya ibishyira abaturage mu byago byo gukubitwa nazo. Nk’ubu mu kwezi kwa Gatatu konyine...
Agahinda ni kenshi hirya no hino mu gihugu cya Myanmar nyuma y’uko abantu barenga 2000 ari bo bamaze kuboneka bishwe n’umutingito wibasiye iki gihugu cyo mu Majyepfo ya Aziya guhera ku wa Gatan...
Imibare – nayo y’agateganyo- iravuga ko abantu 1002 ari bo bahitanywe n’umutingito wabaye muri Mynamar. Wibasiye cyane iki gihugu ariko ugera n’ahandi harimo mu Bushinwa, mu Bu...
Ikigo cya Amerika gishinzwe kureba iby’imitingito US Geological Survey gitangaza ko mu Majyepfo ya Aziya hadutse umutingito ufite ubukana bwa 7.7 usenya byinshi mu Buhinde, Bangladesh, Laos, Mya...
Mu Mudugudu wa Rusayo, Akagari ka Nyange, mu Murenge wa Bugarama muri Rusizi haraye habereye ikiza cy’inkuba yakubise abantu batatu barimo n’umunyeshuri wo mu mwaka wa Gatandatu w’amashuri abanza. Big...
Kuri uyu wa Mbere tariki 13, Mutarama, 2024 Imanazibayo Solange w’imyaka 29 y’amavuko yapfuye azize inkuba yamukubise ari konsa uruhinja rw’amezi icyenda. Yari atuye mu Kagari ka Kavumu, Umurenge wa R...
Agahinda no gushoberwa bikomeje kwiyongera mu baturage b’i Los Angeles muri California kubera urupfu rw’abantu 24 bamaze guhitanwa n’inkongi zadutse mu byumweru bike bishize. Igiciro cy’ib...
Abantu 15 nibo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’amazi y’imvura yaguye mu minsi ishize, abandi 100 ubu baburiwe irengero. Inkangu ukomeye yahitanye abo bantu bari basanzwe batuye muri disit...
Kugira ngo abazahajwe n’ibiza babone ahantu hakwiye ho kwitabwaho, Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yashyizeho ahantu hihariye (sites) izajya ibakirira. Byakozwe mu rwego rwo kuzabona...









