Leta y’Ubushinwa yahungishije abaturage Miliyoni ebyiri batuye mu Majyepfo kubera inkubi ikomeye bise Ragasa ikaba iri gusatira Intara ya Guangdong. BBC yanditse ko hari abantu 14 bamaze gupfa b...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi Ngoga Aristarque yatangaje ko mu minsi itanu ishize, ibiza byatewe n’imvura byahitanye abantu batanu, bane bicwa n’inkuba. Inkuba nizo zik...
Imirambo ine niyo imaze kuboneka y’abantu batwawe n’amazi y’imvura nyinshi yaguye Tariki 05, Kanama, 2025 mu Mujyi wa Beni mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, abandi biganjemo abana bakaba b...
Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Meteo-Rwanda, kirateguza abatuye Nyamasheke, Karongi, Rutsiro, Rubavu, Nyabihu na Musanze ko guhera saa sita kugeza saa kumi n’ibyiri zo kuri uyu wa 03, Kanama...
Umutingito ufite ubukana bwa 8.8 ku gipimo cya Ritchter wabereye mu nkengero z’Uburusiya hafi y’ikirwa Kamchatka wateje umwuzure abahanga bita Tsunami watumye abatuye iki gice n’ahandi bah...
Mu Bufaransa ibintu birakomeye kuko hari ibice, birimo n’ibituriye Umunara wa Eiffel, ababituye bataka ubushyuhe bukabije. Byatumye gusura umunara uzwi kurusha indi ku isi witwa Eiffel bihagarikwa by...
Mu Bufaransa, Espagne, Portugal, Ubutaliyani, Ubudage, Ubwongereza no mu bindi bihugu by’Uburayi haravugwa ubushyuhe budasanzwe bwatumye abaturage cyane cyane abageze mu zabukuru babura amahwemo. Ubus...
Iteganyagihe ry’iminsi irindwi riragaragaza ko hagati y’itariki 11 n’itariki 20, Mata, 2025 muri rusange mu Rwanda hose hazagwa imvura nyinshi izaba iri hagati ya milimetero 50 na milimetero 150. Biv...
Meteo Rwanda iraburira abaturarwanda ko guhera kuri uyu wa Gatanu kuzageza kuwa Mbere tariki 14, Mata, 2025 mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi izaba irimo n’inkuba. Ni imvura izagwa mu bice byinshi...
Imvura yaguye mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo yatumye uruzi rwa Ndjili rwuzura, amazi arasembera ku buryo yabujije abo ku ruhande rumwe kwambuka bajya ku rundi. Abo yasanze hakury...









