Pariki ya Maasai Mara muri Kenya ni imwe muri pariki nini kurusha izindi ku isi. Ni pariki irimo inyamaswa z’amoko atandukanye, bumwe muri ubwo bwoko bukaba intare. Intare zo muri iyi pariki abahanga ...
Mu Kagari ka Gatereri, Umurenge wa Butare, Akarere ka Rusizi hari umugabo ushakishwa akekwaho gutwika hegitari ebyiri z’ishyamba rya Leta ngo aratwika ibiyorero. Ishyamba ryahiye ni irihuriweho n’Umu...
Ni umuhigo watanzwe na Minisitiri w’ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya ubwo yatangizaga icyumweru cyo kwita ku bidukikije cyarabgirijwej muganda ngarukakwezi waraye uhuriweho n̵...
Mbere y’uko icyanya cya Nyandungu cyahariwe ubukerarugendo gifungurwa ku mugaragaro, inyamaswa z’amoko atandukanye harimo n’ay’inyoni zarangije kuhatura. Ni icyanya kiswe Nyandungu Urban Wetland Eco-T...
Agacurama ko mu bwoko abahanga mu bidukikije bakekaga ko butakiba ku isi kabonetse mu Rwanda, mu bushakashatsi bumaze igihe bukorerwa muri Pariki y’igihugu ya Nyungwe. Ako gacurama kamaze imyaka 40 ka...
Mu mateka y’umubumbe w’isi , nta na rimwe abantu bigeze barekura umwuka uhumanya ikirere myinshi nk’uko byagenze mu mwaka wa 2021. Imibare iherutse gutangazwa ivuga ko mu kirere harekuriwe...
I Nairobi muri Kenya hari kubera Inama mpuzamahanga y’Abayobozi b’ibigo na za Minisiteri zishinzwe kwita ku bidukikije igamije kwiga umushinga w’amasezerano azashyinywa mu rwego rwo kurinda ibinyabuzi...
Umuntu wese waciye mu ishyamba rya Nyungwe yarirangije yibaza igihe ari burisohokeremo akongera kubona inzu, amatungo n’ibindi bintu bisanzwe mu buzima bwa muntu. Ni ishyamba riteye ubwoba kuko urets...
Mu gihe ibice byinshi by’Intara y’i Burasirazuba bwugarijwe ingaruka zizaterwa n’izuba ryinshi mu gihe kiri imbere, Taarifa yamenye ko inyamaswa zo muri Pariki y’Akagera zo zizabaho neza ugeranyije n’...
Kubera ko ari igihugu gito kandi gituye mu gace gakize ku rusobe rw’ibinyabuzima, u Rwanda rwasanze ari ngombwa gushyiraho ingamba zituma ibinyabuzima birutuye bibungwabungwa. Imwe mu ngamba rwafashe...









