Muri Leta ya California, USA, amarira ni menshi atewe no gupfusha abantu 11, kubona imitungo ishya igakongoka, abantu bagasigara iheruheru bitewe n’inkongi zikomeye ziherutse kwibasira Umujyi mukuru w...
Ubyumvise wakumva ko ari kera ariko mu mwaka wa 2026 ni vuba cyane. Muri uwo mwaka rero abahanga bavuga ko ibikoresho bya plastic ku isi hose bizaba byarikubye gatatu, ikintu giteye inkeke. Bamwe muri...
Mu Karere ka Musanze hatewe ibiti 6,000 ku musozi uri mu Murenge wa Gashaki hagamijwe kurinda ko isuri ikomeza kwisuka mu kiyaga cya Ruhondo. Ikiyaga cya Ruhondo gikora no ku Karere ka Burera, kikagir...
Abahanga n’abandi bafata ibyemezo muri Politiki bavuga ko ingengo y’imari ya Miliyari $300 yo guhangana n’ingaruka z’ibidukikije iherutse kwemererwa muri COP 29 ari nke kandi i...
Mu buryo buca amarenga ko ari yo izaba politiki y’Amerika, Umuyobozi wa Leta ya Texas witwa August Pfluger yavuze ko Amerika ifite gahunda yo gukomeza gucukura gaze kuko yayifashije kugabanya ibyuka b...
Bikubiye mu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku mihindagurikire y’ikirere yitwa COP 29 iri kubera i Baku muri Azerbaijan. Kagame yabwiye abandi bayobozi ko Afurika...
Mu mirenge ituriye ikiyaga cya Kivu mu turere twa Rutsiro na Rubavu hatangiye guterwa ibiti by’imbuto n’ibisanzwe kugira ngo bifate ubutaka buva mu misozi igikikije bityo hirindwe isuri. Isuri ibaho i...
Minisiteri y’Ibidukikije iherutse gutangaza ko hirya no hino mu Rwanda hagiye guterwa ibiti miliyoni 65. Ni mu gihe 30% by’ubutaka bw’u Rwanda biteye ibiti. Kubitera bizakorwa mu rwego rwo...
Ikigo cy’igihugu cy’ubumenyi bw’ikirere, Meteo-Rwanda, kiravuga ko mu minsi ine ni ukuvuga guhera taliki 17, kugeza taliki 21, Ukwakira, 2024 hari ibice by’u Rwanda bizagusha imvura nyinshi cyane. Izi...
Kuva isi yabaho( bavuga ko hashinze imyaka miliyoni 485) ntiyigeze igira ubushyuhe nk’ubwo ifite muri iki gihe. Ndetse abahanga bavuga ko mu myaka yose imaze, umwaka wa 2023 ari wo yashyushye kurusha ...









